Stormy Daniels bivugwa ko yaryamanye na Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikaba bimugejeje mu nkiko, yavuze ko atifuza ko uwo mugabo afungwa nkuko ubushinjacyaha bubimusabira.
Uwicyeza Pamella yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku mugoroba wo ku wa gatatu tariki 05 Mata 2023 asanzwe umugabo we The Ben mu mujyi wa Chicago.
Biravugwa ko uyu mukobwa yafashe...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabye urukiko, nk’uko byagarutsweho n’ibinyamakuru bitandukanye byo hirya no hino ku Isi. Ni ubwa mbere mu mateka, umuntu wayoboye...