Mu gihugu cya Koreya y’Epfo umuryango wafashe umwanzuro wo kubyara uhabwa 10.500$ nk’inkunga, mu rwego rwo gushishikariza abanyekoreya kubyara, mu gihe inzobere zikavuga ko ayo mafaranga adahagije...
Umunyamidelikazi Mary Quant w’Umwongereza wagize uruhare mu guteza imbere imyambaro migufi izwi nka Miniskirts cyangwa impenure, yitabye Imana kuri uyu wa Kane ku myaka 93 .
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umusore wo mu kagari ka Nyanza mu murenge wa Busasamama mu karere ka Nyanza akekwaho ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi...
Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo tariki ya 12 Mata 2023, nibwo inzego z’umutekano zataye muri yombi umusore witwa Rushigajiki Emmanuel ukomoka mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Gikonko mu Ntara...
Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu bice by’Amajyepfo bavuga ko kuva Guverinoma y’Abatabazi yahahungira tariki ya 11 Mata 1994, yahise itegura umugambi wo kwica Abatutsi muri ibi bice byari...
Musenyeri Simon Habyarimana uzwi cyane muri Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri yitabye Imana ku wa Kabiri tariki 11 Mata 2023, aho yaguye mu gihugu cy’u Butaliyani.
Mu ijoro ryo ku wa 11 Mata 2023 mu Mudugudu wa Itunda, Akagari ka Rubirizi
Umurenge wa Kanombe mu Mujyi wa Kigali, umuntu ukekwaho kuba ari umujura wari witwaje intwaro gakondo yinjiye mu rugo rwa...
Donald Trump wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yajyanye mu nkiko Michael Cohen wahoze ari umunyamategeko we amusaba indishyi za miliyoni $500 kubwo kurenga ku masezerano bari baragiranye.