skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Aho yaciye ntihaca urwango! Teta Sandra yongeye kugaragara mubihe byiza na Weasel [AMAFOTO]

Nyuma y’igihe kinini Teta Sandra n’umugabo we Weasel batabana neza bongeye guhamya ko basubiranye ndetse ko ubu bongeye kubaka umuryango.
14 April 2023 Yasuwe: 1823 0

Koreya y’Epfo :Umuryango wagenewe akayabo na Leta nyuma yo kwibaruka

Mu gihugu cya Koreya y’Epfo umuryango wafashe umwanzuro wo kubyara uhabwa 10.500$ nk’inkunga, mu rwego rwo gushishikariza abanyekoreya kubyara, mu gihe inzobere zikavuga ko ayo mafaranga adahagije...
14 April 2023 Yasuwe: 1679 0

Umwongerezakazi wamamaje imyenda y’impenure yitabye Imana

Umunyamidelikazi Mary Quant w’Umwongereza wagize uruhare mu guteza imbere imyambaro migufi izwi nka Miniskirts cyangwa impenure, yitabye Imana kuri uyu wa Kane ku myaka 93 .
14 April 2023 Yasuwe: 590 0

RIB yatangiye gukurikirana ikibazo cya ya Modoka Bahavu yatsindiye muri RIMA atarahabwa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwinjiye mu kibazo cy’imodoka Bahavu Usanase Jannet wamamaye muri filime ya City Maid n’iyitwa Impanga aherutse gutsindira muri Rwanda International Movie...
14 April 2023 Yasuwe: 914 0

Nyanza :RIB yataye muriyombi umusore ukekwaho ingengabitekerezo ya Jenoside

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umusore wo mu kagari ka Nyanza mu murenge wa Busasamama mu karere ka Nyanza akekwaho ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi...
13 April 2023 Yasuwe: 3277 0

Kigali: Wa mujura ucyekwaho gutera icyuma umukobwa mu ijosi no mu nda yafashwe

Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo tariki ya 12 Mata 2023, nibwo inzego z’umutekano zataye muri yombi umusore witwa Rushigajiki Emmanuel ukomoka mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Gikonko mu Ntara...
13 April 2023 Yasuwe: 4475 2

Kwibuka 29#Uko Leta yiyise iy’Abatabazi yatumye ubwicanyi bufata indi ntera i Gitarama

Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu bice by’Amajyepfo bavuga ko kuva Guverinoma y’Abatabazi yahahungira tariki ya 11 Mata 1994, yahise itegura umugambi wo kwica Abatutsi muri ibi bice byari...
13 April 2023 Yasuwe: 905 0

Musenyeri wa Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri Simon Habyarimana yitabye Imana

Musenyeri Simon Habyarimana uzwi cyane muri Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri yitabye Imana ku wa Kabiri tariki 11 Mata 2023, aho yaguye mu gihugu cy’u Butaliyani.
13 April 2023 Yasuwe: 1606 0

Ubujura bukomeje gufata indi ntera! Umukobwa yatewe n’abajura bamutera icyuma

Mu ijoro ryo ku wa 11 Mata 2023 mu Mudugudu wa Itunda, Akagari ka Rubirizi Umurenge wa Kanombe mu Mujyi wa Kigali, umuntu ukekwaho kuba ari umujura wari witwaje intwaro gakondo yinjiye mu rugo rwa...
13 April 2023 Yasuwe: 1829 0

Amarica : Donald Trump yijyaniye mu rukiko uwahoze ari umunyamategeko we

Donald Trump wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yajyanye mu nkiko Michael Cohen wahoze ari umunyamategeko we amusaba indishyi za miliyoni $500 kubwo kurenga ku masezerano bari baragiranye.
13 April 2023 Yasuwe: 441 0