Umunyana Analyssa wamamaye nka Mama Sava muri firime y’uruhererekane ya Papa Sava yavuye imuzi w’ikibazo cyatumye atandukana Nshuti Alphonse uzwi ku izina rya Alpha bari bamaranye igihe mu rukundo.
Nyina wa Achraf Hakimi yatangaje ko atari azi ko umuhungu we yamwanditseho imitungo ye, ni nyuma y’uko umugore w’uyu mukinnyi yagiye mu rukiko gusaba kugabana imitungo n’umugabo we ariko akabwirwa...
Aubrey Drake Graham, umuraperi uri mu ba mbere bakunzwe ku Isi ari mu mazi abira nyuma yo kuregwa Umuhanzi Obrafour wo mu gihugu cya Ghana amushinja ku mushishura indirimbo ntaruhushya ....
Hari ibintu umugore akora akabifata nk’ibyoroshye kandi ari kwisenyera urugo, akazisanga nta garuriro agifite. Rimwe na rimwe abantu batekereza ko ibintu bisenya urugo ari ibikomeye gusa ariko na...