skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Dr. Daniel Ngamije yagizwe umuyobozi ukomeye ku Isi

Dr. Daniel Ngamije Madandi wahoze ari Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe Porogaramu yo kurwanya no kurandura Malaria ku Isi, akaba azatangira inshingano ku itariki ya...
21 March 2023 Yasuwe: 3285 2

Ibi nibyo byihariye umugabo akorera umugore akunda gusa

Niba umugabo wawe agukorera ibi bintu bine bikurikira ntugashidikanye aragukunda by’ ukuri. 1. Uramuvuguruza akemera Umugabo ukunda umugore we bizira uburyarya ahorana ubushake bwo guhindura...
21 March 2023 Yasuwe: 2309 0

Goverinoma yamaze gutanga akayabo ka nkunganire mu bigo bitwara abagenzi

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko imaze gutanga Miliyari hafi 50 z’amafaranga y’u Rwanda za nkunganire Leta yishyurira umugenzi ugenda mu modoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange. Nubwo bimeze...
21 March 2023 Yasuwe: 870 0

Ifoto ya Miss Kayibanda Aurore n’umukunzi we ikomeje kuzamura amaragamutima ya benshi[IFOTO]

Aurore Kayibanda wegukanye ikamba rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2012 , uheruka kwambikwa impeta n’umuherwe utuye muri Amarika , yongeye kwerekana n’umukunzi we ku mbuga nkoranyambaga bizamura...
21 March 2023 Yasuwe: 2578 0

Biravugwa ko Mama Nick yakoze impanuka ikomeye

Umukinnyi wa firime MuKamanzi Beatha uzwi nka Mama Nick muri firime y’uruhererekane ya City Maid ica kuri televiziyo y’U Rwanda biravugwa ko arebye cyane nyuma y’uko bivuzwe ko yakoze impanuka...
21 March 2023 Yasuwe: 2433 0

Goverinoma y’U Rwanda yakuyeho urujijo ku bizatunga abimukira bazava mu Bwongereza

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yatanze ubusobanuro ku mafaranga azifashishwa muri gahunda yo kwakira abimukira bagiye kuza mu Rwanda bavuye mu gihugu cy’u Bwongereza , asobanura...
21 March 2023 Yasuwe: 1538 0

Afite isura nk’iyumwana !Ihere ishisho uburanga bw’umunyamdirikazi ufite isura itangaje [AMAFOTO]

Ayanda Mngoma ni umukobwa w’umunyamideli wo mugihugu cya Afurika y’epfo, burigihe atangaza abamubonye bitewe nuburyo agaragara nk’umwana w’imyaka 2 ku myakaye 31.
21 March 2023 Yasuwe: 1771 0

Ibyo wamenya ku mugabo w’imyaka 54 wigana n’abuzukuru be

Ubuhanyamya butangaje bw’umugabo Rusengamihigo w’imyaka 54 wigana n’abafite hagati y’imyaka 10 na 11 , abayabye
21 March 2023 Yasuwe: 748 0

Utuntu 12 dutangaje utari uzi kandi dufite akamaro ku buzima bwacu bwa buri munsi

Nyamara hari ibindi bintu binyuranye ushobora gusanga utari uzi kandi bifitiye akamaro kanini ubuzima bwacu.
20 March 2023 Yasuwe: 3685 0

Iya 20 Werurwe umunsi mpuzamahanga wahariwe ibyishimo menya byinshi kuri wo

Uyu munsi tariki 20 Werurwe Isi yose irizihiza umunsi mpuzamahanga w’ibyishimo, washyizweho n’Umuryango w’Abibumbye (UN). Menya inkomoko yawo, n’uko wizihizwa mu bihugu bitandukanye. Tariki ya...
20 March 2023 Yasuwe: 702 0