Ku munsi w’ejo tariki ya 16 Werurwe mu masaha y’igicamunsi nibwo inkuba yakubise Nyirabageni Domitille w’imyaka 51 n’umukobwa we Abayisenga Jeannine w’imyaka 21 bari bitabiriye umuhango wo gufata...
Umunyamakuru Horaho Axel uzwi mu kiganiro "Urukiko rw’ubujurire "kuri Fine Fm aho aba ameze nk’umusangiza w’amagambo, yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Masera Nicole bamaze Iminsi bakundana.
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yahagaritse urugendo yagombaga gukorera muri Repubulika Iharanira Demokasi ya Congo na Sudani y’Epfo kubera ikibazo cy’uburwayi bw’ivi.
Umuyobozi witwa Dr Patrick Bala usanzwe aru umwe ubarizwa mu ihuriro rya Union sacrée rya Perezida Felix Tshisekedi ,yashikirwe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma...
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal, Aliou Cissé ,yatangariye ubuhanga budasanzwe bw’umunyezamu Kwizera Olivier ashimangira ko ari we uri kurwego rwo kuginira amakipe yo mu Burayi U Rwanda rufite....