Uburusiya bwatangaje ko bizaba ngombwa ko bufata "intambwe zo kwihimura" ku muturanyi wabwo Finland ushaka kwinjira muri OTAN.
Itangazo rya minisiteri y’ububanyi n’amahanga rivuga ko biriya...
Umutare Gaby wamenyekanye mu muziki nyarwanda mu ndirimbo zitandukanye zirimo; ’Mesa Kamwe’ ari kwitegura umwana we wa kabiri agiye kubyarana n’umugore we Joyce Nzere. Mu mafoto ari gucicikana ku...
Haringingo Francis utoza ikipe Kiyovu Sports agiye kurenga umunyamakuru wakwirakwije igihuha avuga ko afunzwe azira kurya ruswa ya miliyoni 6 yahawe n’ikipe ya APR FC.
Nyuma y’umukino ubanza wa ½ cy’Igikombe cy’Amahoro ikipe ya Rayon sports yanganyijemo na APR FC 0-0, Kapiteni wa Rayon Sports yavuze ko bafite icyizere cyo gukomeza mu mukino wo kwishyura.
Abahanzi bo muri Afurika ni bamwe mu bakize cyane ndetse binjije menshi mu mwaka wa 2022ariyo mpamvu ikinyamakuru Ghbase cyashyize hanze urutonde rw’abafite akayabo muri 2021.
Nyuma y’uko umuherwe Elon Musk yegukanye imigabane yose y’urubuga rwa Twitter ku kayabo ka miliyari 44 z’amadorari , yanzuye ko agiye kugarura uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Nyuma y’uko urubanza rwa Ishimwe Dieudonné ’Prince Kid’ rwari ruteganyijwe kuri uyu munsi ku wa Gatatu tariki ya 11 Gicurasi 2022 ,rusubitswe bisabwe n’umwunganira mu mategeko witwa Me Nyembo...