Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson, yashimangiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko nta kizayibuza kuba kandi vuba,...
Umuyobozi w’Ishuri rya Saint Ignace riherereye mu Murenge wa Mugina, mu Karere ka Kamonyi, arashinjwa gukubita abanyeshuri akoresheje ingufu bikabaviramo gukomereka.
Umunya-Portugal Jorge Manuel da Silva Paixão Santos utoza Rayon Sports, yavuze ko Perezida wayo, Uwayezu Jean Fidèle, ari umwe mu bayobozi beza yabonye mu rugendo rwo gutoza umupira w’amaguru...