skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Bwa mbere Boris Johnson yemeje ko ntakizabuza abimukira koherezwa mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson, yashimangiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko nta kizayibuza kuba kandi vuba,...
5 May 2022 Yasuwe: 615 0

Abadepite Batumije Minisitiri w’Ibidukikije mu nteko

Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite, yafashe icyemezo cyo gutumiza Minisitiri w’Ibidukikije kugira ngo atange ibisobanuro ku bibazo bigaragara muri serivisi z’ubutaka harimo ubutaka bushyirwa mu...
5 May 2022 Yasuwe: 534 0

Kamonyi:Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri arashinjwa gukubita umunyeshuri bikabije

Umuyobozi w’Ishuri rya Saint Ignace riherereye mu Murenge wa Mugina, mu Karere ka Kamonyi, arashinjwa gukubita abanyeshuri akoresheje ingufu bikabaviramo gukomereka.
5 May 2022 Yasuwe: 3123 0

Ubudage ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’ibihugu 15 bifite abakobwa babi ku Isi [URUTONDE]

Hifashihijwe amajwi y’abasoma ikinyamakuru The Insiders cyandikirwa mu Bwongereza, mu matora yakorewe kuri Internet, hagaragajwe urutonde rw’ibihugu bifite abakobwa bafite uburanga buke, aho...
5 May 2022 Yasuwe: 2715 0

Reba amagambo yuzuye urukundo wakoherereza umukunzi wawe mu butumwa bugufi akaryoherwa

Urukundo ni nk’ifunguro cyangwa igihingwa. Rukuryohera kurushaho iyo rubonetsemo amagambo ava ku mutima agakora ku wundi, kimwe n’uko ibiryo biryoshywa n’indyoshyandyo, igihingwa kigatoheshwa...
4 May 2022 Yasuwe: 2983 0

Umutoza wa Rayon Sports yatatse ibigwi umuyobozi wayo Fidèle

Umunya-Portugal Jorge Manuel da Silva Paixão Santos utoza Rayon Sports, yavuze ko Perezida wayo, Uwayezu Jean Fidèle, ari umwe mu bayobozi beza yabonye mu rugendo rwo gutoza umupira w’amaguru...
4 May 2022 Yasuwe: 1348 0

Ihere ijisho uburanga bw’umunya-Australia wabaye umukunzi wa Harmonize ugiye kuza mu Rwanda[AMAFOTO]

Briana Jai usanzwe arumunyamideli wabigize umwuga muri Australia , uheruka mu rukundo n’umuhanzi Harmonize ategerejwe mu Rwanda mu minsi ya vuba .
4 May 2022 Yasuwe: 1812 0

Turashaka ko Ukraine itsinda iyi ntambara;Perezida wa EU asaba ibuhugu by’Uburayi guhagarika kuguresha peteroli y’Uburusiya

Umuyobozi w’umuryango w’Ibihugu by’ubumwe bw’u Burayi (EU) ,Madamu Ursula von der Leyen , yatangaje ibihano bitatu bigeye gufatirwa igihugu cy’Uburusiya cyatangije intambara muri Ukraine.
4 May 2022 Yasuwe: 1284 0

Abakinnyi 4 ba ba PSG ku munsi wanyuma w’uruzinduko bagiriye ibihe byiza mu birunga[AMAFOTO]

Ku munsi wa nyuma w’uruziduko rw’iminsi itatu rw’abakinnyi bane ba PSG, Sergio Ramos , Julian Draxler, Thilo Kehrer na Keylor Navas bagiriye mu Rwanda basuye Pariki y’Ibirunga ndetse banahura...
4 May 2022 Yasuwe: 1283 0