skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Amerika: Hasohotse andi amashusho y’umupolisi w’umuzungu yica Umwirabura byongera kuzamura amahane...

Ku mbugankoranyambaga hakomeje gusakara amashusho y’umupolisi wo muri Leta Zunze Ubumwe Za America atsikamiye umwirabura bivugwa ko ari umunye-Congo wishwe ku ya 4 Mata ariko bikaba byarasakajwe...
14 April 2022 Yasuwe: 2533 0

Afurika y’Epfo:Abarenga 300 bamaze guhitanwa n’umwuzure

Ku munsi w’ejo tariki ya 13 Mata 2022 , imvura nyinshi yaguye mu burasirazuba bw’Afurika y’Epfo yahitanye ubuzima bw’abantu 306, umwuzure yangiza imihanda inasenya amazu...
14 April 2022 Yasuwe: 617 0

Nimwiza ku ndusha ! Mimi asubiza abafite amatsiko yo kureba umukobwa yabyaranye na Meddy

Umugore w’umuhanzi Meddy Mimi uherutse kwibaruka imfura y’umukobwa yatangaje byinshi ku bihe bishya arimo kunyuramo muri iyi minsi ya nyuma yo kubyara anavuga ibintu bitandukanye kuri Ngabo Myla...
14 April 2022 Yasuwe: 943 0

Umuyobozi wa OSMS yamaganiye kure ivangura riri kugaragara mu Isi

Umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) avuga ko isi itita mu buryo bungana ku bibazo bikomeye byihutirwa byibasira abirabura...
14 April 2022 Yasuwe: 607 0

U Rwanda rugiye kwakira abimukira b’u Bwongereza bose batagira ibyangobwa

Leta y’U Rwanda yemeranyije n’uyu Bwongereza kwakira impunzi n’abimukira binjiye muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko aho bazafashwa kongera kubaho neza, ababishaka basubire mu bihugu...
14 April 2022 Yasuwe: 1425 0

Perezida Kagame yaraye ageze I Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica[AMAFOTO]

Perezida wa Repubulika, Paul Kame yamaze kugera I Kingston mu murwa mukuru wa Jamaica aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi Itatu .
14 April 2022 Yasuwe: 1692 0

U Rwanda rwahawe ubutaka bungana hegitari 12.000 na Congo

Repubulika ya Congo igiye gutiza u Rwanda ubutaka bungana na hegitari 12000 zishobora kubyazwa umusaruro mu buhinzi, nk’umusaruro w’uruzinduko Perezida Paul Kagame yagiriye i...
13 April 2022 Yasuwe: 2529 0

Evariste washakanye na Mukaperezida amurusha imyaka 27 yongeye gutabwa muri yombi

Kwizera Evariste wamenyekanye mu mpera za Mutarama 2019 ubwo yasezeranaga mu Murenge n’umugore witwa Mukaperezida, wamurushaga imyaka 27, yongeye gutabwa muri yombi noneho akekwaho gukoresha...
13 April 2022 Yasuwe: 3297 0

Afurika y’Epfo: Yahawe umwanya w’ubuyozi yigomwa umushahara we wose n’imodoka y’akazi

Umugabo ukomoka muri Africa y’Epfo witwa Gayton McKenzie yatorewe kuba Meya w’Akarere maze yigomwa umushahara we wose , nyuma yo guhabwa aka kazi amaze igihe kinini yarafunze . Ku ya 11 Mata...
13 April 2022 Yasuwe: 1875 0

U Rwanda na Repubulika ya Congo byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

Mu ruzinduko arimo muri Repubulika ya Congo, Perezida Paul Kagame na mugenzi we Denis Sassou Nguesso, bayoboye umuhango wo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye mu bukungu harimo...
13 April 2022 Yasuwe: 737 0
0 | ... | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | 1530 | ... | 2770