Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka ,Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ,yatangaje ko yahinduse ‘Inkotanyi byemewe n’amategeko nyuma yo kwakira inka yagabiwe na Perezida Paul Kagame.
Ku ya...
Paul Kagame uri mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Barbados yagaragaye akina Tennis yo ku muhanda (Road Tennis) isanzwe imenyerewe cyane muri iki gihugu.
Ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’imiti n’ibiribwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FDA), cyemeje ikoreshwa ry’akuma k’ikoranabuhanga kazajya kifashishwa mu gupima Covid-19, binyuze mu mwuka umuntu...
Uwamahoro Angelique nyuma y’imyaka 28 atazi umuryango avukamo, yongeye kubona se na nyina n’abavandimwe be barindwi batandukanyijwe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 buri wese akaba yari azi ko...
Umukino wa 23 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino 2022-23.2022, Police FC yitwaye neza imbere ya Musaze Fc iyitsida igitego kimwe ku busa cyatsinzwe Twizerimana Onesme....