Ubuyobozi bw’Akarere Ka Gasabo, bwasabye abantu kudaha agaciro ijambo ririmo ikosa ryitiriwe ko ryanditse ku biro by’aka Karere ,Batangaje ko ari ifoto...
Mu gihugu cya Uganda haravugwa inkuru y’umusaza witwa Yosia Mwesigye w’imyaka 83 y’amavuko uri mu byishimo nyuma yo kunguka umwana w’imfura ageze mu zabukuru. Uyu musaza akibana n’umugore we wa mbere...
Ku mugoroba wo ku ,munsi w’ejo tariki ya 21 Mata nibwo Umwamikazi Elisabeth II w’u Bwongereza yakorewe ibirori by’isaburuku ye y’imyaka 96 amaze ku Isi .
Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta avuga ko "atabaniye" rutahizamu Eddie Nketiah, nyuma yuko afashije ikipe ye gutungura Chelsea ikayitsinda ibitego 4-2 mu mukino shampiyona w’umunsi wa 32...
Andy Bumuntu uri mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda kubera ijwi rihebuje afite, yinjiye mu itangazamakuru aho agiye gukorera Radio ya Kiss FM iri mu zikunzwe mu...
Nyuma yaho umutoza wa Arsenal Mikel Arteta ashimiye rutayizamu wayo Eddie Nketiah kubwo kwitwara neza mu mikino iheruka ,kuri uyu wa gatatu ku mukino wa shampiyona w’umunsi wa 32 usize Chelsea...
Kuri uyu mugoroba tariki ya 20 Mata 2022, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame aritabira ibiganiro ku mpinduramatwara mu bukungu rishingiye ku ikoranabuhanga.