Tariki ya 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Rasalie Gicanda yishwe. Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe ku itegeko rya Kapiteni Ildephonse Nizeyimana wari mu kigo cya (ESO) « École des Sous-Officiers”....
Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodriguez bashimiye abafana b’ikipe ya Liverpool nyuma yo gukorwa ku mutima nibyo ba bakoreye nyuma y’urupfu rw’umwana wabo...
Indenge itwara abagenzi ya RwandaAir yaguye ku kibuga cy’idenge mpuzamahanga cya ENTEBBE mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu yari itwaye abantu bagera kuri 60 barimo n’abashyitsi bagera kuri 20...
Imvura yaraye iguye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Mata 2022 ,yasenye ikiraro gihuza uturere twa Muhanga na Gakenke cyari giherutse gutahwa ku...
Mu gitondo cyo kuri uyu wagatatu tariki ya 20 Mata 2022 , RwandaAir yari yerekeje ku kibuga k’indege cya ENTEBBEE muri Uganga , yaguye mu gishanga ubwo umu Umupilote yahuraga n’ikirere kibi...
Tombola yo gushyira ibihugu mu matsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2023 kizabera muri Cote d’Ivoire, yasize u Rwanda ruri mu itsinda rya nyuma rya L aho ruri kumwe na Senegal, Benin...
Ejo hashize tariki ya 19 Mata nibwo ubuyobozi bwa Rwanda Inspiration Back Up (RIB) bwatangaje ko Miss Nimwiza Meghan atagishinzwe itumanaho n’umuvugizi w’irushanwa rya Miss...
Miss Nimwiza Meghan wabaye nyampinga w’u Rwanda 2019 yikuye mu buyobozi bwa bw’ubuvugizi muri Rwanda Inspirational Back Up itegura Miss Rwanda .
Kuri uyu uyu 19 Mata Ubuyobozi bw’irushanwa rya...