Ku cyumweru cya kabiri mu mwiherero batangiye uyu munsi tariki ya 7 Werurwe , abakobwa 20 bari guhatanira ikamba rya Miss Rwanda 2022 bahawe umukoro wanditse.
Uretse iki kizamini cyanditse,...
Myugariro w’ikipe ya Police FC, Rutanga Eric yakoze ubukwe na Umunyana Shamsi Sultan bari bamaze igihe babana, ni ubukwe bwatashywe n’ibyamare bitandukanye. Ubukwe bw’aba bombi bwari bwakomeje...
Uwicyeza Gisagara Landrine yambitswe ikamba ry’Igisonga cya Gatatu cya Miss Golden Africa, aho we na bagenzi be bari bahanganye mu irushanwa ryari riri kubera muri Nigeria.
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hasakaye amashusho y’umwana muto wiga mu mashuri abanza wifashisha amatara yo ku muhanda mu gihe ari gusubiramo amasomo ye mu ijoro. Uyu mwana w’umukobwa witwa...
Kwifotoza ni ibintu bidshira bose kuko no mu marushanwa ya ba nyampinga, hitabira abakobwa benshi beza kandi akenshi ubahiga mu kwifotoza si we uba ari mwiza cyane, ahubwo ni uwitoje cyane. Kimwe...