Urwego rw’Iterambere, RDB, rwahannye Hilltop Hotel na Country Club nyuma y’uko hagaragajwe amakuru ashinja ibyo bigo byombi kurangwa n’imyitwarire mibi mu bihe bya Tour du Rwanda, buri kimwe...
Umuhanzi w’indirimbo za Gakondo Cyusa Ibrahim yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusohora amashusho ari mu buriri n’umukunzi we mu bihe byiza bari kugirira I Dubai. Ni...
Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasohoye indirimbo yitwa ‘Soma Skol’ yumvikanisha ibyiza byo kunywa ku nzoga ya Skol.
Umuhanzi Bruce Melodie yahakanye amakuru yavugaga ko yaba yaratandukaye na Lee ndayisaba ndetse anahamya ko album ye agiye kujya hanze mu minsi yavuba .
Hamaze Iminsi hasakara inkuru...
Umuhanzi w’indirimbo za Gakondo Cyusa Ibrahim yashyize ku mugaragaro urukundo afitiye Jeanine Noach mu birori by’isabukuru byabeyeye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.