Chris wanyuze mu itsinda rya Just Family riherutse gusenyuka burundu, yakoreye ubukwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arushinga n’umukobwa bari bamaze igihe bakundana .
Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi ku izina rya The Ben uri kubarizwa mu gihugu cya Tanzania , aho ari gukora kuri album ye gatatu, agiye gukorana indirimbo n’ikimamare muri muzika muri Africa...
Ikipe ya APR FC ikomeje guha isomo rya ruhago muri shampiyona mukeba wayo Rayon Sports,kuko yongeye kuyitsinda ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa kane wa Shampiyona waberaga i Nyamirambo.
Umuhanzi Mani Martin yavuze byinshi ku mukobwa wagerageje kumuroga ,ubwo yamuhanga impano ari ku rubyiniro, akamutegeka kuyifungura ajyeze kuburiri , anakomoza kw’ihungabana yatewe no gutakaza...
Tuyishimire Christian wari umukunzi wa Miss Mwiseneza Josiane nyuma bakaza gutandukana , atangiye gusohora amafoto y’umukobwa witwa Annah, aho yivugira ko bakundanye kuva mu 2018.
Umuhoza Joyce witegura kurushinga n’umuhanzi Emmy ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi mu buryo budasanzwe.