Abavandimwe b’impanga Paul na Peter bashinze itsinda rya P-Square bongeye gushimisha abakunzi b’injyana ya Afrobeats , nyuma yo gusubirana bamaze imyaka itanu badacana uwaka.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, yahaye ibendera n’impano Miss Ingabire Grace ugiye guserukira u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss World 2021...
Umuraperi Young Dolph w’ imyaka 36, yarasiwe mu modoka atwaye ubwo yaragiye guhaha kuri Airways Bouolevard i Memphis ahagana mu ma saa saba zijoro kuri uyu 18 Ugushyingo 2021. Umuyobozi wa...
Uyu munsi tariki 17 Ugushyingo 2021, abategura irushanwa rya Miss East Africa batangaje urutonde rw’abakobwa 16 bujuje ibisabwa, bashaka guhatanira ikamba rya Miss East Africa 2021 ryateguwe...
Umuhanzi Nemeye Platini uzwi ku izina rya Platini P yerekeje muri Nigeria mu bihembo bya All Africa Music Awards [AFRIMA], akaba yagiye aherekejwe n’abarimo Dj Brianne ,Producer Element...
Kwibagirwa umukobwa ukunda ni ikintu gikomeye cyane ndetse kitanashoboka kugeza umenye ko utakimurwanira. Hanze aha hari abasore barwanira abakobwa bikarangira batababonye kubera ko batabikoze neza...
Umuhanzikazi Thabita Uwizerwa uzwi ku izina rya Tabz, wagaragaye mu itsinda ry’abakobwa bari kubyinana na Niyonzima Olivier ’Seifu’ wamaze guhagarikwa mu ikipe y’Igihugu, Amavubi, mu gihe kitazwi.