skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Miss Mukangwije Rosine yasezeranye n’umukunzi we imbere y’amategeko[AMAFOTO]

Miss Mukangwije Rosine wegukanye ikamba rya Miss Elegancy 2018 yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Chris uherutse kumwambika impeta amusaba kuzamubera umugore.
8 October 2021 Yasuwe: 1672 0

The Ben yahamije ko Meddy ariwe ukwiriye igihembo cya AFRIMMA bari guhatanira

Igihembo ibihembo bya AFRIMMA birimo abahanzi 3 bo mu Rwanda ndetse n’abandi bahanzi batadukanye bo muri East Africa ,The Ben yahamije ko igihembo gikwiriye mugenzi we Meddy. Mu gihe habura...
8 October 2021 Yasuwe: 396 0

Chris Brown na Drake Bari mumazi abira nyuma yo gushinjwa kwiba indirimbo

Abahanzi babiri bari mubakunzwe ku Isi Chris Brown na Drake bari kuvugwa mu kirego cyatanzwe n’umuririmbyi Brandon Cooper Na producer Timothy bashinjwa gushishura indirimbo yitwa “No Guidance”...
7 October 2021 Yasuwe: 620 0

Reba uburyo wafatamo umukobwa mukundana akifuza guhorana nawe

Kugira ngo umukobwa ahore yishimye igihe cyose muri kumwe burya biterwa n’uko umusore bakundana amufata n’uko amuganiriza ndetse n’amagambo amubwira iyo bari kumwe.
7 October 2021 Yasuwe: 1360 0

Meddy ,The Ben na Knowless bari guhatanira igihembo gikomeye kizatagirwa muri America

Abahanzi nyarwanda barimo The Ben, Meddy na Knowless nibo bahanzi bo mu Rwanda bari guhatanira ibihembo bya muzika AFRIMMA, bitangirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
7 October 2021 Yasuwe: 465 0

Urubuga rwa YouTube rwasibye indirimbo zose za R. Kelly

Reuters yatangaje ko uru rubuga rwatangaje ko rwakuyeho indirimbo z’uyu muhanzi waciye ibintu nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo guhohotera abiganjemo abagore. Youtube yakuyeho shene ebyiri z’uyu...
6 October 2021 Yasuwe: 910 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA IGIZWE N’IKIBANZA GIHEREREYE MUKARERE KA KICUKIRO

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA UMUTUNGO UTIMUKANWA UGIZWE N’IKIBANZA GIHEREREYE MU MUDUGUDU WA CYERU ,AKAGARI KA RUBIRIZI ,UMURENGE WA KANOMBE AKARERE...
6 October 2021 Yasuwe: 391 0

Sam Karenzi yahawe imirimo ikomeye kuri Fine FM

Umunyamakuru w’imikino, Sam Karenzi umaze iminsi mike atangiye akazi kuri radio Fine Fm ivugira kuri 93.1 FM, yahise agirwa Umuyobozi wayo nk’uko byari bimeze kuri Radio10 yavuyeho mu minsi ishize.
6 October 2021 Yasuwe: 1971 0

Platini P yakiriwe kuri radiyo ya Ifm92.3 yo mu gihugu cya Nigeria[AMAFOTO]

Umuhanzi Platini P uri kubarizwa mu gihugu cya Nigeriya , aho yagiye mubikorwa bitandukanye birimo kumenyekanisha indirimbo ye Nshya “Shumuleta” yakiriwe muri Sitidiyo za radio Ifm92.3(‘Inspiration...
6 October 2021 Yasuwe: 644 0

Reba imwe mu mitoma 12 isekeje abahungu bakunda kubwira abakobwa

Ubu ni kuwa gatandatu kandi ni nacyo gihe cyo guhura n’inshuti ubundi mugasabana,bityo twahisemo kubazanira imwe mu mitoma isekeje bishoboka ko uyu munsi hataburamo numwe umuhungu ugutereta...
6 October 2021 Yasuwe: 1793 0