Igihembo ibihembo bya AFRIMMA birimo abahanzi 3 bo mu Rwanda ndetse n’abandi bahanzi batadukanye bo muri East Africa ,The Ben yahamije ko igihembo gikwiriye mugenzi we Meddy. Mu gihe habura...
Abahanzi babiri bari mubakunzwe ku Isi Chris Brown na Drake bari kuvugwa mu kirego cyatanzwe n’umuririmbyi Brandon Cooper Na producer Timothy bashinjwa gushishura indirimbo yitwa “No Guidance”...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben, Meddy na Knowless nibo bahanzi bo mu Rwanda bari guhatanira ibihembo bya muzika AFRIMMA, bitangirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umunyamakuru w’imikino, Sam Karenzi umaze iminsi mike atangiye akazi kuri radio Fine Fm ivugira kuri 93.1 FM, yahise agirwa Umuyobozi wayo nk’uko byari bimeze kuri Radio10 yavuyeho mu minsi ishize.
Umuhanzi Platini P uri kubarizwa mu gihugu cya Nigeriya , aho yagiye mubikorwa bitandukanye birimo kumenyekanisha indirimbo ye Nshya “Shumuleta” yakiriwe muri Sitidiyo za radio Ifm92.3(‘Inspiration...