skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Birababaje! Imbabura y’amakara yishe umubyeyi n’abana be Babiri icyarimwe

Umubyeyi witwa Unice Kulwa ufite imyaka 25 wari utuye ahitwa Geita muri Tanzania, n’abana be babiri bapfuye nyuma yo kubura umwuka wo guhumeka, bitewe no kwinjiza imbabura yaka itetseho ibishyimbo,...
6 October 2021 Yasuwe: 2006 0

Sobanukirwa Akamaro ko kunywa amazi arimo Concombre ku buzima bw’umuntu

Nibyo koko amazi agira akamaro kuyanywa ukwayo nkuko na concombre ifite ibyiza yihariye. Nyamara nanone uruvange rw’amazi na concombre rufite ibyiza ntagereranywa nkuko muri iyi nkuru tugiye kubivuga.
5 October 2021 Yasuwe: 3624 0

Mark Zuckerberg uyobora Facebook yasabye imbazi nyuma y’igihombo cya miliyari 4.4 z’amapound

Umuyobozi w’imbuga nkoranyambaga yavuze ko ’ababajwe n’ihungabana’ nyuma yuko bigaragaye ko ku giti cye yatakaje miliyoni zisaga 4.4 z’amapound kubera imigabane ya Facebook yagabanutse akagera kuri...
5 October 2021 Yasuwe: 940 0

Itangazo: Uwitwa MUREKEZI Marc yasabye guhindura amazina akitwa MUREKEZI PATRICK

Uwitwa MUREKEZI Marcyasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUREKEZI PATRICKmu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari...
5 October 2021 Yasuwe: 368 0

Anita Pendo yavuze ku urugendo rwe rutari rworoshye igihe yaratwite umwana we wa kabiri

Umunyamakuru,Umushyushyarugamba akaba n’UmuDj Anita Pendo yasangije aba fana be by’umwihariko abakobwa ubutumwa bwuzuye inama ndetse n’urugendo yanyuzemo ubwo yaratwite inda y’umuhungu we wa kabiri...
5 October 2021 Yasuwe: 2310 0

Sobanukirwa akamaro ko kunywa uruvange rw’amata n’ubuki ku buzima bw’umuntu

Kunywa amata arimo ubuki ni ingenzi ku buzima bw’umuntu ,ndetse bifite akamaro gakomeye.Ubuki bukoreshwa ahanini kubera ubushobozi bufite bwo gusukura no gusohora uburozi mu mubiri (Antioxidants),...
4 October 2021 Yasuwe: 4975 0

Platini yasubiye muri Nigeria [AMAFOTO]

Umuhanzi uri mubahagaze neza muri muzika nyarwanda, Nemeye Platini uzwi ku izina rya Platin P yereje muri Nigeria mu gihe gito yaramaze avuyeyo , aho agiye kunoza neza ibiganiro byo kuzaririmba mu...
4 October 2021 Yasuwe: 894 0

Urutode rw’abana 10 bahize abandi mu Kiciro rusange (O’Level)

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere Ukwakira 20201, Ministeri y’uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri abanza (P6) n’uwa 3 w’icyiciro rusange...
4 October 2021 Yasuwe: 10519 1

Kwizera Olivier yavuze akayabo akeneye kugirango agaruke muri Rayon Sports

Umunyezamu Kwizera Olivier yabwiye umutoza Irambona Masudi Djuma ko kugira ngo agaruke muri Rayon Sports ari uko iyi kipe izabanza ikamuha miliyoni 10 z’Amanyarwanda
4 October 2021 Yasuwe: 2832 0

Byiringiro Lague yahishuye ibanga rikomeye ku rukundo rwe na Kelia besezeranye mu mategeko

Byiringiro Lague ukinira APR FC n’ikipe y’igihugu avuga ko bwa mbere abona Uwase Kelia wamaze kuba umugore we mu mategeko , yamubonye ku mafoto yiha umukoro wo kumushakisha , kegeza ho amubera...
4 October 2021 Yasuwe: 1203 0