Umunyezamu Kwizera Olivier yabwiye umutoza Irambona Masudi Djuma ko kugira ngo agaruke muri Rayon Sports ari uko iyi kipe izabanza ikamuha miliyoni 10 z’Amanyarwanda
Byiringiro Lague ukinira APR FC n’ikipe y’igihugu avuga ko bwa mbere abona Uwase Kelia wamaze kuba umugore we mu mategeko , yamubonye ku mafoto yiha umukoro wo kumushakisha , kegeza ho amubera...