skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Gentil Misigaro n’umufasha we bibarutse ubuheta[AMAFOTO]

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Gentil Misigaro n’umfasha we Mugiraneza Rhoda bibarutse umwana wabo wa kabiri nyuma y’amezi 11 bibarutse imfura yabo yavutse mu ntangiro za Nzeri...
17 August 2021 Yasuwe: 922 0

Kuki abakobwa benshi bakunda kugira ikibuno kinini?Sobanukirwa Impamvu

Kugira amabere mato, mu nda zeru, ikibuno kinini ni ibintu biba ku mitima y’abakobwa benshi, aho usanga bamwe banywa ibinini byongeresha ikibuno, abandi bakiteresha inshinge, yewe hari n’abishyura...
17 August 2021 Yasuwe: 4003 0

Dore ubwiza n’ikimero by’umukobwa bivugwa ko yakoze ubukwe na Rocky-yakuyeho gahunda ya nta Gikwe [AMAFOTO]

Mu gitondo cyo kuru uyu wa Kabiri tariki ya 17 Kanama 2021, nibwo hasakaye inkuru ivuga ko Rocky yakoze ubukwe ndetse n’amafoto yasakajwe ku mbuga nkoranya mbaga zitandukanye. Umuryango...
17 August 2021 Yasuwe: 3325 0

Uncle Austin yavuze uburyo kuba umunyamakuru byatumye umuziki we udindira

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi Uncle Austin yatangaje ko abatekereza ko kuba umunyamakuru bimufasha kuzamuka no gukura k’umuziki we bibeshya, kuko kuba umunyamakuru bimwicira umuziki we.
16 August 2021 Yasuwe: 408 0

Umuherwekazi Zari yanyomoje abavuga ko ari mu rukundo na Diamond

Zari wabyaranye abana 2 n’umuhanzi w’icyamamare mu muziki Diamond , yanyomoje abibazaga ko yaba yarasubiye mu rukundo na Diamond , yerura ko ubu ari wenyine ndetse ashimangira ko nta mukunzi akeneye.
16 August 2021 Yasuwe: 1181 0

Birahebuje kukugira Inshuti magara nkunda! Umugore wa Riderman yavuze ibigwi umugabo we bamaze imyaka 6 babanye

Kuri uyu munsi tariki ya 16 Kanama nibwo umuryango w’umuraperi Riderman na Agasaro Nadia Farid bizihije imyaka 6 bamaze babanye nk’umugore n’umugabo, Nadia yashimgiye umubano mwiza n’urukundo...
16 August 2021 Yasuwe: 937 0

Dore ibintu 6 ugomba kwitondera mu gihe uri guteretwa ku mbuga nkoranyambaga

N’ubwo iterambere ry’ikoranabuhanga , risigaye ryifashishwa mu bintu byinshi bitandukanye , harimo no gushaka ubushuti bwihariye cyangwa guteretana (Dating). Gusa ariko harimo abashobora kwihisha...
16 August 2021 Yasuwe: 1168 0

Ibiteye amatsiko ku ikinyamakuru cya Meddy n’umugore we Mimi kizatangira gukora muri Nzeri

Nyuma y’igihe gito Meddy na Mimi barushinze batangaje ko bafite umushinga w’Ikinyamakuru(Magazine ) kizajya kibanda ku makuru y’urukundo, imyidagaduro y’ibanda ku bari n’abategarugori, n’amakuru...
16 August 2021 Yasuwe: 1273 0

Urutonde rw’indirimbo 5 Nyarwanda zarebwe n’abarenga Miliyoni muri uyu mwaka

N’ubwo igihugu cyacu cy’u Rwanda n’Isi muri rusange biri mu bihe bikomeye ndetse bamwe bakaba barahuye n’ingaruka mu bukungu by’umwihariko abahanzi kubera cyorezo cya Covid-19 ,ntibyabujije...
14 August 2021 Yasuwe: 3010 0

Dore amafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda yabiciye bigacika kuri Instagram muri iki cyumweru[AMAFOTO]

Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye.
14 August 2021 Yasuwe: 3929 0