Karamira Uwera Gentille uri mu myiteguro ya nyuma y’ubukwe N’UMUHANZI UKUNZWE cyane mu ndirimbo zo kuryama no guhimbaza Patient Bizimana, yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi byabereye mu bwato...
Kayesu Shalon [Shazz] wamenyekanye mu ifungwa ry’abahanzi babiri Davis D na Kevin Kade ni umukobwa ufite imyaka 18 y’amavuko ndetse isaga kuko yayujuje ku itariki 23 Ukuboza 2020, ubu akaba yiga mu...
Mucyo Nicolas [Producer Nicolas], umugabo uzwi mu gutunganya indirimbo mu Rwanda, yamaze gusinya amasezerano y’imikoranire na Ishusho Company Ltd ihagarariwe na Muyoboke Alex nka Producer uhoraho...
Abahanzikazi bato bakunzwe cyane muri iyi minsi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana estine na Dorcas basinyanye masezerano y’igihe kitatangajwe’ n’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika M.I.E...