Umunyamakuru wa RBA Anita Pendo ukunzwe cyane mu myidagaduro , yahaye impanuro ikomeye umuryango wa Kimenyi Yve na Miss Munyango Claudine bitegura kwibaruka imfura yabo mu minsi irimbere.
Miss Muyango Claudine ari kwitegura kwibaruka imfura ye na Kimenyi Yves ukinira Kiyovu Sport bamaze igihe bakundana ndetse wamaze no kumwambika impeta y’urukundo.
Umubano wa Jennifer Lopez na Ben Affleck gutera indi ntera ikomeye ,Bamaze kugura inzu yo mu bwoko bwa Mansion (Umuturirwa) y’akayabo ka miliyoni 65 z’amadolari. Iyi nzu ikaba ariyo bagiye...
Bibaho ko ubana n’umuntu mwemeranya ko mukundana ndetse na we ubibona koko, ariko hari ubwo akubwira ko agukunda by’amagambo gusa, wagenzura ibikorwa bye ugasanga bifite ikindi bisobanuye.
Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania,yaguze imwe my modoka zihenze cyane ku Isi yo mubwoko bwa Rolls-Royce Cullinan”yahoraga yifuza kuva mu bwana bwe ku kayabo ka 330.000$ni ukuvuga...