Ku babanza kuragiza Imana urugo rwabo, akenshi nyuma yo kwambikana impeta uwihaye Imana umaze kubasezeranya ababwira ko babaye umubiri umwe. No mu ndahiro, bemera ko bazabana mu bibi no mu byiza.
Mu rukundo hari byinshi bikorwa ariko bikabanzirizwa n’imvugo zitandukanye. Hari ubwo rero umuntu ashobora kuguha ubutumwa muri iki gihe nyamara we atigeze abumbura umunwa we ngo akuvugishe.
Umunyarwandakazi Houssina Urugeni Sinderibuye uba m’Ubufaransa wavuye mu Rwanda afite imyaka 2 ari mubakobwa 8 bari guhtanira ikamba rya Miss Africa France 2021, irushanwa ritora umukobwa uhiga...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ushinzwe umuco Hon Bamporiki Edouard yashimye inganzo y’umuhanzi Niyo Bosco mu ndirimbo ye nshya “Piyapuresha”.
Umuraperi Zerail Dijon Rivera uzwi cyane ku izina rya Red Red Boy ukomoka mu Mujyi wa Los Angeles muri Leta ya California yishwe arashwe ubwo yari mu kiganiro kuri Instagram Live n’inshutize magara.
Zari Hassan ntabwo yaretse umukobwa we yabyaranye na Diamond, Tiffah arangiza kuvuga iby’urukundo rwe na Diamond, aho yahise amuca mu ijambo avuga ko ari akabeshyi k’akana.
Hari abahungu bamwe na bamwe bijya bisa n’aho bibagora cyane kuba babasha kwiteretera umukobwa kandi akemera kuko hari n’abo usanga bavuga ngo bo ntibahiriwe no gukunda,ariko hari ubwo usanga...