Ku munsi w’ejo tariki ya 5 Nyakanga nibwo hasakaye inkuru ivuga ko Ndanda wabyaranye na Anita Pendo abana ba bahungu 2 yambitse impeta umukunzi amusaba ku zamubera umugore.
Lava Lava ni umwe mubahanzi bamaze kwamamara muri Tanzania, uyu musore akaba afashwa na Diamond Platnumz ari nawe wamuzamuye abinyujije mu nzu ye itunganya ikanamenyekanisha muzika ya Wasafi.
Burya uko umukobwa yaba ameze kose ashobora gukunda na we agakundwa cyangwa se nakundwe; biterwa n’umubona uko amwiyumvamo. Gusa nk’uko bikunze kugaragara, hari ibintu biza ku isonga cyane kuburyo...