skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Dore imyitwarire izakwereka ko umukobwa yagukunze akabura aho aguhera abikubwira

Burya muri kamere ya muntu, umukobwa ni umuntu udakunze kugaragaza amarangamutima ye mu bijyanye n’urukundo. Kuko ushobora kwibaza niba umukobwa ashobora kugira urukundo cyangwa niba bitabaho...
7 July 2021 Yasuwe: 4317 0

Ese ni gute washimisha umukunzi wawe?Menya uburyo bwiza wakoresha

Burya gutungura umukunzi wawe( Surprise) yaba ku muhungu cyangwa umukobwa ni muri bimwe bituma urukundo rwanyu rugenda rukura kandi mukagenda hagati yanyu mwizerana.
6 July 2021 Yasuwe: 5176 0

Anita Pendo yahaye umugisha Ndanda n’umukunzi we bitegura ku rushinga

Ku munsi w’ejo tariki ya 5 Nyakanga nibwo hasakaye inkuru ivuga ko Ndanda wabyaranye na Anita Pendo abana ba bahungu 2 yambitse impeta umukunzi amusaba ku zamubera umugore.
6 July 2021 Yasuwe: 7751 0

Umuhanzi Lava Lava ubarizwa muri Wasafi kwa Diamond yasebejwe n’umukunzi we kuri Radiyo bose babyumva[Video]

Lava Lava ni umwe mubahanzi bamaze kwamamara muri Tanzania, uyu musore akaba afashwa na Diamond Platnumz ari nawe wamuzamuye abinyujije mu nzu ye itunganya ikanamenyekanisha muzika ya Wasafi.
6 July 2021 Yasuwe: 2840 0

Ndanda yambitse impeta umukobwa yasimbuje Anita Pendo babyaranye abahungu 2[AMAFOTO]

Nizeyimana Alphonse wamenyekanye ku izina rya Ndanda wabyaranye na Anita Pendo abana b’ahungu babiri yambitse impeta umukobwa bamaze iminsi bari mu rukundo rw’ibanga amusaba kuzamubera umugore.
6 July 2021 Yasuwe: 3334 0

Zari Yeruye ko atakiri mu rukundo Dark Stallion avuga impamvu ikomeye yatumye batandukana

Uwahoze ari umugore w’umuhanzi Diamond Platumz bakaza gutandukana babyaranye abana 2, Zarinah Hassan, nyuma yigihe gito ari mu munyenga w’urukundo n’umusore byavugwaga ko yasimbuje Diamond....
5 July 2021 Yasuwe: 4168 0

Queen Cha yakuye mu rujijo abibaza ku musore bakunda

Umuhanzikazi Queen Cha uri mubakunzwe muri muzika nyarwanda ,nyuma yo gusezera The Mane yahishuye ko ari mu munyenga w’urukundo .
5 July 2021 Yasuwe: 4315 0

Umukobwa wihebeye Bruce Melodie, yavuze akababaro gakomeye yatewe n’urwo yamukunze

Umukobwa witwa Imfurayiwacu Gihozo yavuze agahinda yatewe n’urukundo yakunze Bruce Melodie ntabihe agaciro ,bigatuma azinukwa gukunda abasore akikundira umusaza w’imyaka 98.
2 July 2021 Yasuwe: 7992 0

Uyu niwe mukobwa umusore wese yakwifuza gukundana nawe

Burya uko umukobwa yaba ameze kose ashobora gukunda na we agakundwa cyangwa se nakundwe; biterwa n’umubona uko amwiyumvamo. Gusa nk’uko bikunze kugaragara, hari ibintu biza ku isonga cyane kuburyo...
2 July 2021 Yasuwe: 3156 0

Imwe mu mishinga ya bahanzi bari guhatanira igihembo cya Rwanda Gospel Stars live’

Abahanzi batandukanye baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, bashyiriweho gahunda yo gushyigikira umuziki wabo yiswe ‘Rwanda Gospel Stars Live’ ,aho abahanzi 15 aribo bari guhatanira...
2 July 2021 Yasuwe: 471 0