skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Umuraperi Rideman n’umufasha we bibarutse impanga

Umuhanzi ukunzwe cyane mu njyana ya Hip Hop Riderman n’umugore we Agasaro Nadia bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka abakobwa babiri b’impanga bavutse mu Cyumweru gishize.
23 June 2021 Yasuwe: 2603 0

Diamond na Zari bagiye guzajya bagaragara mu kiganiro kivuga kuburyohe bw’umugabo n’umugore

Umubano wa Diamond na zari ukomeje kuba mwiza muri iyi minsi ,kuri ubu bombi bagiye kuzajya bagaragara bari kumwe mu kiganiro kizibanda cyane cyane ku nkundo z’abagore n’abagabo.
22 June 2021 Yasuwe: 1914 0

Miss Doreen Kabareebe yatangaje Inzitizi ikomeye igiye gutuma adahagararira Uganda muri Miss World

Umunyamidelikazi Doreen Kabareebe wari waratangajwe mu minsi yashize ko azahagararira igihugu cye cya Uganda muri Miss World ,yatangaje ko atakitabiriye iri rushanwa ryari riteganyijwe kuzabera I...
22 June 2021 Yasuwe: 1866 0

Sandrine Isheja yagizwe umuyobozi ukomeye mu inama y’igihugu y’abahanzi.

Umunyamakuru ukunzwe cyane w’Imyidagaduro kuri Kiss FM Sandrine Isheja yahawe imirimo mu nama y’igihugu y’abahanzi. Amezi abaye atatu Sandrine Isheja na Jean Michel Habineza bari mu kazi ko...
22 June 2021 Yasuwe: 2371 0

Zimwe mu mpamvu abakobwa beza b’ikimero batinda Gukora ubukwe

Ubwiza bw’umukobwa ntibusobanuye ko ahita abona umugabo mu buryo bwihuse kuko hari n’igihe usanga abafatwa nk’aho badasamaje aribo barongorwa cyane. Iyi nkuru irasiga umenye zimwe mu mpamvu...
22 June 2021 Yasuwe: 3094 0

Bwiza Emerance yahize abandi muri “The Next Diva “,ahita yakirwa muri KIKAC Music ya Danny Vumbi na Mico the Best

Umukobwa witwa Bwiza Emerance niwe muhanzi wahiswemo mu bandi mu irushanwa ryateguwe na KIKAC Music ryitwa ‘The Next Diva’, aho yasanze Danny Vumbi na Mico the Best muri iyi nzu ifasha abahanzi.
21 June 2021 Yasuwe: 2014 0

Mukobwa! Dore ibintu 5 ugomba kugira ibanga mu rukundo rwawe n’umukunzi wawe

Bikunze kuvugwa ko ushaka ko inkuru igera kure ayibwira umugore cyangwa umukobwa kuko abakobwa bazwi nk’abatabika ibanga. Uyu munsi ikinyamakuru Umuryango twababakusanyirije ukuri ku bintu 5...
21 June 2021 Yasuwe: 3074 0

Euro 2020: All to play for between France and Portugal on StarTimes

The Euro 2020 group stage ends on Wednesday with crucial matches in the Group of Death. European champions Portugal face world champions France to get qualified for the knock-out stage, since...
21 June 2021 Yasuwe: 656 0

Miss Mushambokazi Jordan na Karim m’uburyohe bw’ukwezi kwa buki I Dubai [AMAFOTO]

Mbonyumuvunyi Karim na Miss Mushambokazi Jordan, umwe mu bakobwa 20 babashije kwitabira umwiherero wa Miss Rwanda 2018, Bari mu Kwezi kwabuki Idubai.
21 June 2021 Yasuwe: 4353 0

Myugariro wa Police FC Jean Marie Vianney yambitse impeta umukunzi we bamaranye imyaka 8 [AMAFOTO]

Uyu muhango ukaba waraye ubaye mu ijoro ryakeye ku Cyumweru tariki ya 20 Kamena 2021 ubera muri The Manor Hotel mu Mujyi wa Kigali. Myugariro w’ibumoso mu ikipe ya Police FC, Muvandimwe Jean...
21 June 2021 Yasuwe: 1973 0