Umuhanzi ukunzwe cyane mu njyana ya Hip Hop Riderman n’umugore we Agasaro Nadia bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka abakobwa babiri b’impanga bavutse mu Cyumweru gishize.
Umubano wa Diamond na zari ukomeje kuba mwiza muri iyi minsi ,kuri ubu bombi bagiye kuzajya bagaragara bari kumwe mu kiganiro kizibanda cyane cyane ku nkundo z’abagore n’abagabo.
Umunyamidelikazi Doreen Kabareebe wari waratangajwe mu minsi yashize ko azahagararira igihugu cye cya Uganda muri Miss World ,yatangaje ko atakitabiriye iri rushanwa ryari riteganyijwe kuzabera I...
Umunyamakuru ukunzwe cyane w’Imyidagaduro kuri Kiss FM Sandrine Isheja yahawe imirimo mu nama y’igihugu y’abahanzi.
Amezi abaye atatu Sandrine Isheja na Jean Michel Habineza bari mu kazi ko...
Umukobwa witwa Bwiza Emerance niwe muhanzi wahiswemo mu bandi mu irushanwa ryateguwe na KIKAC Music ryitwa ‘The Next Diva’, aho yasanze Danny Vumbi na Mico the Best muri iyi nzu ifasha abahanzi.
The Euro 2020 group stage ends on Wednesday with crucial matches in the Group of Death. European champions Portugal face world champions France to get qualified for the knock-out stage, since...
Uyu muhango ukaba waraye ubaye mu ijoro ryakeye ku Cyumweru tariki ya 20 Kamena 2021 ubera muri The Manor Hotel mu Mujyi wa Kigali.
Myugariro w’ibumoso mu ikipe ya Police FC, Muvandimwe Jean...