Abakobwa babiri Umutoni Cynthia na Niheza Deborah nibo batororanyijwe muri 45 bari mu cyiciro kibanziriza icya nyuma mu irushanwa ry’ubwiza ryitwa Miss Eloquent Africa ribera muri Nigeria,rishyize...
Young grace n’umwe bubakobwa babanyarwandakazi bakunzwe cyane mu ijyana ya hip hop . yatangaje ko afite umukunzi mushya ariko ko batarabyinjiramo cyane ahubwo barimo kureba ko bazazuzuza nezaa
Abakobwa mu miterere yabo ntibakunda guhita berekana amarangamutima n’aho bahagaze mu rukundo. Hari ibintu rero abakobwa mu rukundo baba bashaka ko umuhungu amenya ndetse akabibakorera ariko...
Umubyeyi w’icyamamare muri muziki nyafurika Diamond Platnumz yahishuye ko ntagahunda afite yo ku byararira umwana umugabo we bamaze iminsi bari mu munyenga w’urukundo ku myaka afite
Uyu munsi ku itariki 27 Mata 2021, Davis D na Kevin Kade hamwe n’umusore w’umufotozi bafunganywe bashinjwa icyaha gusambanya umwana utujuje imyaka y’ubukure ,barongera kwitaba Ubushinjacyaha ku...
Justin Bieber umaze iminsi micye ahinduye umusatsi akawushyiramo ’Dreadrocks’, abafana be ntibabyishimiye kuri ubu bari kumusaba kuba yasubiza umusatsi we uko wahoze mbere y’uko awushyizemo...
Kem nyuma yo guzuza impapuro zagatanya hagati ye na Kanye West, aravugwa mu rukundo na Van Jones usanzwe ari umunyamakuru wa Politiki mu kinyamakuru cya CNN
Ally Soudy wari watumiye Davis D mu kiganiro yasabye Ubutabera gushishoza neza ndetse n’abihishe inyuma y’itabwa muri yombi rya Davis D na Kevin Kade bakagerwaho byihariye kubera ko babasebeje.