Miss Ingabire Grace wambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2021 yavuze impamvu ituma adakoresha Instagram iri muzingezweho mu rubyiruko muri iyi minsi .
Yari mwiza imbere n’inyuma, yakundaga Imana agakunda n’umugabo we Umwami Mutara III Rudahigwa: Ni amagambo ubwirwa na buri wese mu bahuye cyangwa ababanye na Rosalie Gicanda, Umwamikazi wa nyuma...
Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Block Rob akaba n’umwe mu bahoze mu nzu itunganya umuziki ya P Diddy izwi nka Bad Boy Records yitabye Imana ku myaka 52 azize uburwayi bw’impyiko...
Miss Akaliza Hope uri mubakobwa 20 bemerewe kwishyurirwa muri kaminuza ya Kigali(University of Kigali) yishimiye inkunga ikomeye ahawe yo gukomeza amashuri ye yari yaracikirije.
Umuhanzikazi Mugemana Yvonne wamamaye nka Queen Cha na Aristide Gahunzire wari umujyanama w’abahanzi muri The Mane Music Label basezeye muri iyi nzu ifasha abahanzi.
Indirimbo ‘This is Love’ ya Rema Namakula na The Ben iri guhatana mu byiciro bibiri by’ibihembo ‘Zzina Awards’ bitangwa na radiyo ikomeye muri Uganda ‘Galaxy FM’.
Dj Pius usanzwe ari umuyobozi wa Sosiyete icunga inyungu z’abahanzi yitwa 1K Entertainment yatangaje ko yamaze gutandukana n’umuhanzi Amalon bari bamaze imyaka itatu bakorana muri 1k Entertainment