skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Miss Ingabire Grace yatangaje impamvu ituma adakeresha Imbuga nkoranyambaga zose

Miss Ingabire Grace wambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2021 yavuze impamvu ituma adakoresha Instagram iri muzingezweho mu rubyiruko muri iyi minsi .
20 April 2021 Yasuwe: 1389 0

Amateka yaranze Umugabekazi Rosalie Gicanda wishwe ku wa 20 Mata

Yari mwiza imbere n’inyuma, yakundaga Imana agakunda n’umugabo we Umwami Mutara III Rudahigwa: Ni amagambo ubwirwa na buri wese mu bahuye cyangwa ababanye na Rosalie Gicanda, Umwamikazi wa nyuma...
20 April 2021 Yasuwe: 4302 0

Sadate wahoze arumuyobozi wa Rayon sport yashimiye Shaddyboo ku urukundo amwereka

Munyakazi Sasate wahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports yimiye cyane ko Shaddyboo akomeje kugenda amugaragariza urukundo akanamwitaho.
20 April 2021 Yasuwe: 2549 0

Umuraperi Block Rob wabaga muri Bad Boy ya P Diddy yitabye Imana

Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Block Rob akaba n’umwe mu bahoze mu nzu itunganya umuziki ya P Diddy izwi nka Bad Boy Records yitabye Imana ku myaka 52 azize uburwayi bw’impyiko...
20 April 2021 Yasuwe: 806 0

Miss Akaliza Hope yishimiye bikomeye ko agiye Gusubira ku ishuri yari umwaka yaracikirije

Miss Akaliza Hope uri mubakobwa 20 bemerewe kwishyurirwa muri kaminuza ya Kigali(University of Kigali) yishimiye inkunga ikomeye ahawe yo gukomeza amashuri ye yari yaracikirije.
20 April 2021 Yasuwe: 1896 0

Queen Cha umaze igihe kinini atigaragaza mu muziki yasezereye rimwe na Aristide muri The Mane

Umuhanzikazi Mugemana Yvonne wamamaye nka Queen Cha na Aristide Gahunzire wari umujyanama w’abahanzi muri The Mane Music Label basezeye muri iyi nzu ifasha abahanzi.
19 April 2021 Yasuwe: 1315 0

Dore magambo umukobwa wese yifuza kumva avuye mu kanwa k’umusore akunda!

Urukundo rukomezwa n’ibintu byinshi bitandukanye birimo n’amagambo abakundana babwirana cyane cyane amagambo abasore babwira abakobwa kuko burya abakobwa bose bashimishwa n’amagambo meza asize umunyu.
19 April 2021 Yasuwe: 3006 0

Ingabire Pascaline “ Samantha “ari mugahinda gakomeye ko kubura umwana we wari umaze umunsi umwe avutse

Ingabire Pascaline wamenyekanye nka Samantha na Teta muri filime zitwaga ayo mazina n’ubundi, ugezweho nka Mukaneza mu Inzozi Series yapfushije umwana yari amaze umunsi umwe yibarutse.
19 April 2021 Yasuwe: 2349 0

Indirimbo The Ben yakoranye na Rema iri guhatanira ibihembo bikomeye muri Uganda

Indirimbo ‘This is Love’ ya Rema Namakula na The Ben iri guhatana mu byiciro bibiri by’ibihembo ‘Zzina Awards’ bitangwa na radiyo ikomeye muri Uganda ‘Galaxy FM’.
16 April 2021 Yasuwe: 826 0

Dj Pius yazezereye Amalon bamaze imyaka 3 bakorana

Dj Pius usanzwe ari umuyobozi wa Sosiyete icunga inyungu z’abahanzi yitwa 1K Entertainment yatangaje ko yamaze gutandukana n’umuhanzi Amalon bari bamaze imyaka itatu bakorana muri 1k Entertainment
16 April 2021 Yasuwe: 772 0