Livia Thiana Iteka niwe wabaye nyampinga w’u Burundi uyu mwaka wa 2021, mu bakobwa 15 bari bahanganye m’ubwiza , ubwenge n’Umuco nyuma y’imyaka itatu iki gikorwa kitabaga mu Burundi.
Umuhanzi Tom Close akaba n’umuganga wabigeze umwuga yagize icyo avuka kuri Sebukwe akaba ari Papa w’umugore we Ange Tricia Niyonshuti , avuga ko ari gihombo ngikomeye kubura umubyeyi bari...
Mu kiganiro twagiranye n’abakinnyi ba filime barimo Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge na Kalisa Ernest uzwi nka Samusure bagize ubutumwa batanga ku rubyiruko no ku banyarwanda bose muri...