Pasiporo y’u Rwanda yaje ku mwanya wa 19 muri Afurika na 77 ku Isi muri pasiporo zikomeye, kuko uyifite yemerewe kwinjira mu bihugu 63 atatswe viza.
Byatangajwe mu rutonde The Henley Passport...
Uko abakundanye bahuza ubwumvikane mu buryo batwaramo urukundo rwabo biri mu bituma barambana nta kwishishanya kuko hari abakundana benshi bagatandukana hadaciye kabiri kubera imyumvire...
Urugo rw’Umunyezamu wa Paris Saint-Germain, Gianluigi Donnarumma n’umugore we Alessia Elefante rwatewe n’abajura, biba ibikoresho by’asaga miliyoni 667 Frw, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu....
Barack Hussein Obama II wabaye Perezida wa 44 wa Leta Zunze ubumwe za Amerika buri mwaka agaragaza urutonde rw’indirimbo zamunyuze, kuri ubu hagaragayeho indirimbo eshatu z’abahanzi bo muri...
Perezida wa Congo Brazzaville, Denis Sassou Nguesso aratangira uruzinduko rwe rw’iminsi 2 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2023,i kigali.
Ni amakuru yatangajwe na Perezidansi ya...