U Rwanda rwihanangirije leta ya Congo ikomeje gushakisha urwitwazo rwo kugaba igitero ku Rwanda, ruvuga ko ruzakomeza gukora ibikwiye mu kurinda ubusugire bwarwo.
Ni nyuma y’itangazo ryo kuri...
Aline Gahongayire ari mu byishimo bikomeye nyuma yo guhura na Angeline Ndayishimiye, umugore wa Perezida w’u Burundi umaze iminsi i Kigali aho yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ruhare...
Umunyarwenya w’umunyamerika w’ikitegererezo kuri benshi, Kevin Darnell Hart wamenye nka Kevin Hart ari mu Rwanda muri biruhuko. Yaguze imyambaro ya Made in Rwanda mu inzu y’imideli ya Haute Bae,...
Sebihogo Kazeneza Merci wari mu bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda 2022 akaba n’Igisonga cya Mbere cya Miss wa Kaminuza ya UTB mu 2016 yasabwe na Rukundo Nkota mu muhangoo witabiriwe na benshi mu...
Nyuma y’uko ikipe ya Rayon Spots isezereye Twigirayezu Amani wari umunyezamu wayo yamaze gutangaza ko hasezereye n’undi mukinnyi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu 19 Nyakanga nibwo ikipe ya...
Ushobora kuba ari ubwa mbere ibi ubyumvise, cg se wari usanzwe ubyumva ko gusinzira cyane bishobora kwica.
Ariko se nibyo? Ababivuga babikomora he?
Bisanzwe bizwi ko kutaryama igihe gihagije...
Shabana Basij-Rasikh washinze School of Leadership of Afghanistan (SOLA), ishuri ryigisha abakobwa bo muri Afghanistan ariko kuri ubu rikaba rikorera mu Rwanda, yavuze ko afite inzozi z’uko umunsi...
Ku nshuro ya mbere ari mu mwanya w’umugore w’umukuru w’igihugu, Madame Angeline Ndayishimiye kuwa kabiri yagiriye uruzinduko mu Rwanda agiye mu nama ya Women Deliver 2023.
Iruhande rw’iyi nama,...