Ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania yamaze kwerekana rutahizamu w’umunya-Cameroun wakiniraga Rayon Sports, Leandre Essomba Willy Onana.
Uyu mukinnyi wasoje amasezerano ye muri Rayon Sports,...
Umugore wese cyangwa umukobwa aho ava akagera aba yumva yakishimirwa na buri muntu uwo ari we wese ari nayo mpamvu uzasanga buri mugore wese aba aharanira gukora uko ashoboye kose kugira ngo...
Inshuti n’umuryango w’ Umuhanzi wamamaye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Joseph Mayanja uzwi cyane ku izina rya Dr Jose Chameleone , urembeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uri kumusabira...
Perezida Joe Biden wa Leta z’Unze Ubwumwe za Amerika yatangaje ko hagomba kugira igikorwa mu kurwanya ikoreshwa ry’intwaro mu buryo bunyiranyije n’amategeko,’ gun violence’ rikomeje gutwara ubuzima...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), buravuga ko mu minsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwakiriye amadosiye 187 arimo abakekwaho ingengabitekerezo ya...
Umukinnyi w’umunyarwanda, Bizimana Djihad yamaze gusinyira ikipe ya Hapoel Ramat Gan Givatayim FC yo muri Israel.
Muri Gicurasi 2023 nibwo ikipe ya KMSK Deinze mu Bubiligi yatangaje ko...
Kantengwa Judith wamenyekanye ku izina rya Judith Heard umunyarwandakazi ufite inkomoko mu Rwanda ndetse wanubatse izina mu kumurika imideli mu gihugu cya Uganda, ku munsi wo Kwibohora ku nshuro...
Mugihe ku mugabane w’uburayi ndetse no ku Isi muri rusange hari kugurwa no ku gurisha abakinnyi ,hasohotse urutonde rw’abakinnyi bo hagati bahenze ku rusha abandi ku Isi.
1. Jude Bellingham...