Cristiano Ronaldo , Kylian Mbappe,Lionel Messi na Neymar bari mu bakinnyi binjiza amafaranga menshi kurusha abandi ku rutonde rushya rw’abakinnyi icumi bahembwa menshi ku Isi rwashyizwe hanze,nubwo...
Buri tariki ya 4 Nyakanga, Abanyarwanda bizihiza isabukuru yo kwibohora bazirikana ubutwari bw’ingabo za RPA zari iza FPR-Inkotanyi, ziyemeje gufata intwaro zikarwanya leta yakoraga Jenoside...
Umubyeyi wa Jay Z uri mubahanzi bakunzwe ku Isi Gloria Carter, yeruye kumugaragaro ko ari umutinganyi maze asezerana kubana akaramata n’umugore mugenzi we witwa Roxanne Wilshire bamaze imyaka 7...
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare 110 barimo ba Ofisiye Jenerali na ba Ofisiye bakuru mu Ngabo za Uganda, UPDF, barimo Gen Kale Kayihura wigeze...
Mu buzima buri wese yifuza kugaragara nk’uhamye mu gihagararo ari na yo mpamvu ituma bamwe bihatira indyo zitandukanye bagakora hasi hejuru ngo biyongere ibiro n’umubyibuho n’ubwo hari n’abashaka...
Umugabo wo mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke, wari waraye atonganye n’umugore we, bwacyeye ku munsi wakurikiyeho, basanga amanitse mu kiziriko cy’ihene yapfuye, aho bamwe bakeka ko...