Ubushinjacyaha bwa Amerika bwabonye amajwi ya Donald Trump wahoze ari Perezida wa Amerika, yemera ko hari inyandiko ziriho amabanga ya Leta yasigaranye ubwo yavaga ku butegetsi nubwo bitemewe....
Mu ijoro ryo ku ya 30 Gicurasi 2023, nibwo umunyamategeko w’imyaka 45, Ronald Mukisa wo muri Uganda, yarasiwe iwe murugo.
Polisi y’ako gace byabereyemo yatangaje ko Mukisa yishwe ubwo yari...
UMURYANGO wabateguriye TOP 5 z’indiirimbo ziri kubica mu mujyi wa Kigali ndetse no mu tundi tuce tw’igihugu cy’u Rwanda ndetse no hanze yarwo.
Izi ndirimbo ni iziba bimaze igihe gito zisohotse ,...
Umunyafurika y’Epfo, Pearl Thusi, icyamamare muri sinema ya Afurika ni umwe mu bakomeje kuryoherwa n’ibyiza by’u Rwanda nyuma y’icyumweru bamaze bakurikira imikino ya Basketball Africa League (BAL)....
Miss Bahati Grace wegukanye ikamba rya nyampinga w’u Rwanda wa mbere mu mwaka 2009 yatomoye umukunzi we ku isabukuru y’amavuko. Ku wa 31 Gicurasi 2023 nibwo Murekezi Pacifique yizihiza umunsi...
Eduard Mwangachuchu, umudepite mu nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, usanzwe ashinjwa gukorana n’umutwe w’inyeshyamba wa M23, yageretsweho kwinjiza abacanshuro b’...
Nyuma y’uko we n’umukunzi we Shakib Lutaaya basezeranye imbere y’Idini ya Islam, Zari Hassan yavuze ko mu mpera z’uyu mwaka ari bwo indi mihango y’ubukwe bwabo izaba.
Muri Mata 2023, ubwo...
Jacob Rees-Mogg, Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza yasabye Guverinoma kwitegura kwirukana abakozi ba Leta mu gihe bazaba bigaragambije bamagana amasezerano icyo gihugu gifitanye...