Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanenze Umuyobozi w’Umuryango Nterankunga w’Abanyamerika (USAID), Samantha Power, wavuze ko u Rwanda arirwo ntandaro y’ibibazo biri mu Burasirazuba...
Bola Tinubu w’imyaka 71 yarahiriye kuba perezida mushya wa Nigeria nyuma yo gutsinda amatora yabayemo guhatana kurusha andi yose muri icyo gihugu kuva havaho ubutegetsi bwa gisirikare mu 1999....
Umugore wo mu Kagari ka Munanira ya II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge yakubise umugabo we mu buryo bukomeye amuziza ko yamunywereye ku nzoga kandi atayimuguriye.
Ibi byabaye mu...
Nyuma y’uko Inteko ishingamategeko ya Uganda ishyizeho itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina(Abatinganyi ) , Amerika yahise ihagarika Visa ya Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda,...