Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco wahoze ari umuhuzabikorwa wa gahunda ishinzwe kwambura imbunda imitwe y’inyeshamba yitwaje intwaro muri Repubulika ya demokarasi ya Congo no gusubiza mu buzima...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo umutwe wa M23 n’abandi bagize uyu mutwe .
Ku wa kane ibiro bishinzwe kugenzura...
Amasezerano yo gufungura isoko ry’ubucuruzi hagati y’ibihugu bigize imiryango ya COMESA, SADC na EAC yatangiye gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa Kane, itariki 25 Nyakanga 2024 nk’uko byatangajwe nuyu...
Kamala Harris Vis Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ahamya ko atazigera aceceka ku kibazo kiri hagati ya Israel na Hamas, ariko akaba ashyigikira ko iki gihugu Netanyahu abereye...
Mu bintu birimo gukurura ba mukerarugendo basura pariki ya Nyungwe harimo inzira zo mu kirere, ahubatswe ikiraro cy’ibyuma n’inshundura (Nyungwe Canopy Walk), ndetse hakaba hagiye no gushyirwaho...