Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Ukraine yatangaje ko igihugu cye gikeneye ibisasu byo mu bwoko bwa misile ziraswa kure kugirango kirinde imijyi yacyo n’ingabo ziri ku rugamba anasaba Uburenganzira...
Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho ashobora gutangazwa nk’Umutoza mushya wa Rayon Sports kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22 Nyakanga, nyuma y’uko impande zombi...
Mu ijoro rya tariki 20 Nyakanga 2024, nibwo Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko yafashe umwanzuro wo kutaziyamamaza mu matora ya Perezida, inshingano aziharira Kamala...
Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Musanze, ubwo batoraga Abadepite mu cyiciro cy’abagore, bavuze ko bajya babazwa ni uko baheruka batora bagenzi babo b’abagore nk’abadepite ngo bamara kugera mu nteko...
Keisha Effiom kuri uyu wa 18 Nyakanga 2024 yarahiriye kuyobora Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga (USAID) mu Rwanda, asabwa kurufasha kwihutisha iterambere mu...
Nyuma yo gutangaza ibyavuye mu matora y’abadepite yo ku ya 14-16 Nyakanga by’agateganyo, Komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora (NEC) yanagaragaje uburyo imyanya yo mu mutwe w’abadepite, w’inteko...