skol
Kigali

Author

Thierry NGIRINSHUTI

Ndayishimiye yijunditse Abarundi birirwa muri ‘Cherie na Chouchou’

Perezida w’u Burundi Varisito Ndayishimiye yikomye abaturage be bandikirana ubutumwa bugufi bwa “Cherie na Chouchou” kuri telefone zigezweho (Smart Phones) avuga ko ku bwe zikwiriye kumeneka kuko...
22 July 2024 Yasuwe: 1052 0

Zelenskyy asanga Ukraine ikwiriye gusanga ibisasu mu Burusiya akaba ari ho ibishwanyuriza

Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Ukraine yatangaje ko igihugu cye gikeneye ibisasu byo mu bwoko bwa misile ziraswa kure kugirango kirinde imijyi yacyo n’ingabo ziri ku rugamba anasaba Uburenganzira...
22 July 2024 Yasuwe: 527 0

Rayon Sports igiye gutangaza umutoza n’abandi bakinnyi bashya

Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho ashobora gutangazwa nk’Umutoza mushya wa Rayon Sports kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22 Nyakanga, nyuma y’uko impande zombi...
22 July 2024 Yasuwe: 2931 0

Kamala Harris wahawe ububasha bwo kuzahangana na Trump ni muntu ki?

Mu ijoro rya tariki 20 Nyakanga 2024, nibwo Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko yafashe umwanzuro wo kutaziyamamaza mu matora ya Perezida, inshingano aziharira Kamala...
22 July 2024 Yasuwe: 1234 0

Musanze: Abagore basaba abazabahagararira mu Nteko kutazishimira kwicara ku ntebe gusa

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Musanze, ubwo batoraga Abadepite mu cyiciro cy’abagore, bavuze ko bajya babazwa ni uko baheruka batora bagenzi babo b’abagore nk’abadepite ngo bamara kugera mu nteko...
19 July 2024 Yasuwe: 283 0

Keisha yagizwe Umuyobozi wa USAID mu Rwanda, asabwa kurufasha kwihutisha iterambere

Keisha Effiom kuri uyu wa 18 Nyakanga 2024 yarahiriye kuyobora Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga (USAID) mu Rwanda, asabwa kurufasha kwihutisha iterambere mu...
19 July 2024 Yasuwe: 973 0

Uko imitwe ya politiki izasaranganya imyanya mu nteko nyuma y’amatora

Nyuma yo gutangaza ibyavuye mu matora y’abadepite yo ku ya 14-16 Nyakanga by’agateganyo, Komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora (NEC) yanagaragaje uburyo imyanya yo mu mutwe w’abadepite, w’inteko...
19 July 2024 Yasuwe: 1114 0

Nyamasheke: Ndayisabye ufite ubumuga bw’ingingo yiteje imbere anatanga akazi

Ndayisabye Fidèle wavukanye ubumuga bw’ingingo, agakurira mu buzima bugoye, avuga ko yabashije kubwikuramo, ubu akaba akoresha abakozi 2 ahemba ku kwezi amafaranga y’u Rwanda 70 000.
19 July 2024 Yasuwe: 372 0

Ishyaka rikomeye muri Afurika y’Epfo ryasabye ko ingabo zayo ziri muri RDC zicyurwa

Ishyaka Democratic Alliance (DA) rifite ijambo rikomeye mu Nteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo no muri guverinoma, ryasabye ko ingabo z’iki gihugu ziri mu burasirazuba bwa Repubulika...
19 July 2024 Yasuwe: 977 0

Indorerezi Mpuzamahanga zemeje ko mu Rwanda amatora yabaye mu mucyo

Indorerezi Mpuzamahanga zari zitabiriye ibikorwa by’amatora ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite 53 mu Rwanda yabaye guhera tariki 15-16 Nyakanga 2024 ku bari imbere mu Gihugu zemeje ko...
19 July 2024 Yasuwe: 286 0