skol
Kigali

Author

Ubwanditsi

Amateka y’Abarinzi b’Igihango b’uyu mwaka barimo AERG na Musenyeri HAKIZIMANA Celestin warokoye abatutsi bari St Paul

Musenyeri Hakizmana Celestin wa Diyosezi ya Gikongoro ushimirwa na Unity Club nk’Umurinzi w’Igihango Kuva mu mwaka 2010, Umuryango Unity Club Intwararumuri watangije ishimwe ry’Ubumwe Unity...
26 October 2018 Yasuwe: 2223 0

Ibyemezo by’ inama y’ abaminisitiri yo Ku wa 24 Ukwakira 2018

Ku wa gatatu, tariki ya 24 Ukwakira 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
25 October 2018 Yasuwe: 2408 0

Kanyankore Alex wayoboraga BRD yakatiwe gufungwa iminsi 30.

Kanyankole Alex akekwaho ibyaha yakoze ayobora BRD, kuva ku wa 3 Nyakanga 2013 kugera mu 2017, byo gufata ibyemezo bishingiye ku itonesha no gusaba no kwakira impano cyangwa indonke. Ariko ibyo...
23 October 2018 Yasuwe: 1062 1

Itangazo:Ibambasi Keza Audrey yasabiwe guhindura amazina akitwa Keza Audrey

Ibambasi Keza Audrey yasabiwe guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa Keza Audrey mu bitabo by’irangamimerere. Ingingo z’ingenzi ashingiraho asaba guhindura amazina zikaba ziri...
23 October 2018 Yasuwe: 603 0

itel mobile yashyizeho uburyo ushobora gutunga itel S13 smartphone igezweho ku buntu

Nyuma y’aho itel mobile ishyiriye kw’isoko smartphone nshya yamamaye kubera amafoto acyeye afatwa na camera ya 13MP, ubu n’abatarayigura yabashyiriyeho amahirwe yo kuyitunga ku buntu.
19 October 2018 Yasuwe: 1389 1

Job Advert: Mobisol is seeking to a “Production & Planning Manager”.

Mobisol, a leading player in decentralized solar electrification, offers a clean and affordable alternative to fossil fuels for lower-income households and small businesses in rural SubSaharan...
19 October 2018 Yasuwe: 746 0

“Impinduka iyo ariyo yose iba igamije kunoza imikorere” Perezida Kagame

Kuri uyu wa 18 Ukwakira ubwo Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yakiraga indahiro z’abaminisitiri binjiye muri guverinoma , yashimiye abayobozi bashya , anababwira ko abitezeho...
19 October 2018 Yasuwe: 1058 0

Itangazo rya Cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka buteyeho ishyamba buri mu Murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 25/10/2018 saa yine z’amanywa azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka buteyeho ishyamba...
19 October 2018 Yasuwe: 742 0

Guverinoma: “Ikipe itsinda” yari irangiye mu kibuga babiri mu bayihozemo baragaruka

Louise Mushikiwabo (uherutse gutorerwa kuyobora Francophonie) na Gen James Kabarebe nibo ba Minisitiri bari basigaye mu itsinda ry’abaminisitiri batangiranye manda ya 2 na Perezida Kagame muri 2010...
19 October 2018 Yasuwe: 6786 0

Icya Leta 2018 kizategurwa hashingiwe ku nteganyanyigisho nshya, abanyeshuri bafite impugenge ko bazatsindwa

Bamwe mu banyeshuri bazakora ikizamini cya leta batangza ko bafite impungenge z’uko bashobora kugira manota make , kubera ko bazabazwa mu ntegenyanyigisho batizemo neza, kandi bakanatinda kumenya...
18 October 2018 Yasuwe: 1295 0