Mu gukomeza uruhererekane rwa smartphone za itel zizwiho kugira selfie nziza, itel Mobile ubu yashyize ku isoko smartphone ifite ibyiza byinshi kandi iri ku giciro cyiza.
Mu itangazo ryaturutse muri Misiteri y’Ubutabera iravuga ko kuri uyu wa 14/9/2018 Inama y’abaminisitiri yemeje irekurwa ry’abanyururu 2,140 nyuma y’uko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Mu...
Niyitanga Jean Calude bakundaga kwita Barthez cyangwa Kazungu warashwe nk’igisambo.
Mu ijoro ryo kuwa Kane tariki 6 Nzeri 2018 nibwo abasirikare bari ku irondo mu gace ka Rwezamenyo kari I...
Uwitwa SEMUTWA Jean Marie yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUCYO Jean Marie.
Ingingo z’ingenzi ashingiraho asaba guhindura amazina akaba ari izi zikurikira: