Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki 22/12/2017 Dream Boys iraza kuba iri Bugesera ahitwa ku Karumuna aho bari bwifatanye n’abakunzi babo ndetse n’abandi bikundira gusohokera ahantu hatuje...
Itel yizihije imyaka 10 imaze ikorera mu Rwanda mu birori byabereye muri Marriot Hotel kuwa gatandatu
Knowless yaririmbiye abatumirwa zimwe mu ndirimbo ze zikunzwe cyane
Abakozi ba Itel babaye...
Radio Rwanda yateganyije amafaranga arenga miliyoni ku bantu bazahamagara kuri radio bagasubiza neza ibibazo bazabazwa birebana n’ikiganiro Itetero. Ni mu irushanwa Iteteroquiz rizatangira kuva...