Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki 22/12/2017 Dream Boys iraza kuba iri Bugesera ahitwa ku Karumuna aho bari bwifatanye n’abakunzi babo ndetse n’abandi bikundira gusohokera ahantu hatuje...
– Itel yizihije imyaka 10 imaze ikorera mu Rwanda mu birori byabereye muri Marriot Hotel kuwa gatandatu
– Knowless yaririmbiye abatumirwa zimwe mu ndirimbo ze zikunzwe cyane
– Abakozi ba Itel...
Radio Rwanda yateganyije amafaranga arenga miliyoni ku bantu bazahamagara kuri radio bagasubiza neza ibibazo bazabazwa birebana n’ikiganiro Itetero. Ni mu irushanwa Iteteroquiz rizatangira kuva...