Kuri uyu wa gatanu Dr Leopold Munyakazi yakatiwe n’urukiko rwisumbuye rwa Muhanga igifungo cya ‘Burundu’ y’umwihariko nyuma yo guhamwa n’ibyaha bine muri bitanu yaregwaga birimo icyaha cya Jenoside....
Bamwe mu bazindutse babona aho imirimo yo gusenya inyubako ya Hotel Top Tower igeze bicuzaga impamvu inzu itagira amapine. Umujyi wa Kigali waraye utangiye gusenya iyi nyubako mu ijoro ryakeye...
Kuva mu masaha akuzeho y’umugoroba wo kuri uyu wa kabili inyubako ya Hotel Top Tower iherereye ku Kimihurura iri gusenywa, amakuru Umuryango wamenye ni uko iri gusenywa n’Umujyi wa Kigali ku...
Mu gitaramo Diamond yakoreshereje i Nyamata yageze ku rubyiniro asaba ko abakobwa bumva biyizeye mu kubyina bazamuka hejuru bakabyinana, yitegereje imibyinire yabo ati: "hano mu Rwanda hari...
Senderi International Hit aka Ingwe y’Umujyi yemeza ko Diamond ari mugenzi we kuko hari ibigwi bahuriyeho!
Ese ibigwi icyamamare Diamond yaba ahuriyeho n’icyamamare Senderi International Hit ni...
Mu gitaramo Umuhanzi Diamond aherutse gukoreshereza mu mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, umwe mu bahanzi bo mu gihugu cya Tanzaniya, Vanessa Mdee yatunguye abantu ubwo yazaga ku rubyiniro...
Kuri uyu wa Gatandatu Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi aherekejwe na Madamu we bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu kagali ka Cyarwa mu muganda rusange usoza ukwezi...
Hari abahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro ku modoka zizajya ziparika ku kibuga cy’indege zigiye gufata cyangwa zijyanyeyo abantu ndetse hari n’abavuga ko bizabagiraho ingaruka. Biteganyijwe ko...