skol
fortebet

Imyidagaduro

Itsinda ry’aba Ashton ryageze mu Rwanda

ku isaha ya Saa Munani z’igicuku cyo kuri uyu wa 10 Nyakanga 2026, nibwo Umunyamerika Ashton (…)

Umuhanzikazi Bonnie Tyler wamamaye mu ndirimbo "Total Eclipse of the Heart" yitabye Imana afite imyaka 75

Umuhanzikazi wo muri Wales Bonnie Tyler, wamamaye cyane mu ndirimbo z’urukundo zikomeye zo mu (…)

Ashton Hall agiye kugera i Kigali ari kumwe na Kagarara(Ashton small) na Indian Ashton

Umunyamerika wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga, Ashton Hall, ategerejwe kugera i Kigali ari (…)

Abafana ba Taylor Swift batunguye benshi bagura imyanda yakusanyijwe hafi y’ahabereye ubukwe bwe

Urukundo abafana ba Taylor Swift bakunda uyu muhanzikazi rwongeye gutangaza benshi, nyuma y’uko (…)

Impamvu Justin Bieber, Shakira na BTS bazaririmba ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi 2026 badahembwe

Abahanzi bakomeye ku rwego mpuzamahanga barimo Justin Bieber, Shakira, Madonna n’itsinda BTS (…)

Misiri yasabye FIFA gukura mu Gikombe cy’Isi abasifuzi bayoboye umukino wayitsinzwemo na Argentine.

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rya Misiri ryatangaje ko ryasabye FIFA gukura mu mikino (…)

"Iyo aza kubyanga, ntitwari kubikora": Michael Ward yiregura mu rubanza rwo gufata ku ngufu

Umukinnyi wa filime w’Umwongereza Michael Ward yakomeje kwiregura mu rubanza aregwamo gufata ku (…)

Celeste Amarilla yasabye imbabazi anasiba ubutumwa bwari bwibasiye Mbappé

Umusenateri wa Paraguay, Celeste Amarilla, yasabye imbabazi nyuma yo gukoresha amagambo (…)

Umushinga wa Bryan Johnson wo kurwanya gusaza no gupfa waguyemo inshishi nyuma yo gusanganwa indwara idakira

Bryan Johnson, umwe mu bashoramari bazwi cyane mu rwego rw’ikoranabuhanga ndetse (…)

Tyla yavuze ukuri ku bihuha byamuhuzaga na Roc Nation ya Jay-Z

Umuhanzikazi Tyla ukomoka muri Afurika y’Epfo yatangaje ko amakuru yari amaze iminsi acicikana (…)

Alicia Keys yazamuye impaka nyuma yo gusaba ko ihame ry’uburinganire rishyirwa mu Itegeko Nshinga rya Amerika

Umuhanzikazi, umwanditsi w’indirimbo ndetse n’umucuranzi w’icyamamare Alicia Keys ari mu bantu (…)

Impamvu Davido yifashishije imyenda yanditseho amazina y’abashimuswe mu gitaramo cya FIFA World Cup

Umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Davido, yatangaje ko guhitamo kwambara imyenda (…)

’The Rock’ yatunguye benshi nyuma yo gusubiza ikibazo mu buryo butari bwo

Umukinnyi wa filime w’icyamamare Dwayne "The Rock" Johnson yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga (…)

Nyuma y’imyaka 7 babana, Mukunzi Yannick yatunguye Joy amugenera imodoka nshya

Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’Umunyarwanda, Mukunzi Yannick, yongeye kugaragaza urukundo (…)

Zari yikomye abakomeje kumwitirira imyitwarire ya Jonas Gomora

Umunyamideli akaba n’umushoramari Zari Hassan yamaganye abantu bakomeje kumugereranya na Jonas (…)