skol
fortebet

Imyidagaduro

RDF yagabiye inka itsinda ry’abahanzi

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zashyikirije itsinda ry’abahanzi rya Ubutwari Artists Group inka enye, (…)

Butera Knowless yatangije umuryango ugamije gufasha abakobwa batewe inda n’ababyeyi barera abana bonyine

Umuhanzikazi Butera Knowless yatangaje ko yatangije umuryango wita ku mibereho myiza witwa (…)

Umwongerezakazi w’icyamamare kuri TikTok araregwa ubwicanyi i Dubai

Umukobwa w’imyaka 23 wamamaye ku rubuga rwa TikTok araregwa kwicira i Dubai umusore bakundanaga.

Raphinha yatunguwe no gusanga imyaka yose yakinnye nta mafaranga afite kuri konti

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Brésil, Raphinha, ari mu bihe bitamworoheye nubwo akomeje (…)

Shakib yavuze ko ibibazo by’urugo bitasobanura iherezo ry’urukundo rwe na Zari

Nyuma y’amakuru yari amaze iminsi acaracara agaragaza ko umubano wa Zari Hassan uzwi nka “The (…)

Nyuma yo kugera kuri miliyari 1320$, Elon Musk yongeye gusubira munsi ya miliyari 1000$

Umutungo wa rwiyemezamirimo w’Umunyamerika Elon Musk wagabanutse cyane mu minsi ishize, bituma (…)

Ashlyn Castro yihanganishije Jude Bellingham nyuma y’uko u Bwongereza butabonye intsinzi

Nubwo ikipe y’igihugu y’u Bwongereza itabashije kubona intsinzi mu mukino yanganyijemo na Ghana (…)

Georgina Rodríguez yongeye gukurura ibitekerezo by’abakoresha imbuga nkoranyambaga

Georgina Rodríguez yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gusangiza abakunzi be ku rubuga rwa (…)

Fabiola yahishuye ko atinya abagabo bambara imyenda n’inkweto bihenze

Umukinnyi wa Filime, Fabiola yatangaje ko aterwa ubwoba n’abagabo bakunda gushyira amafaranga (…)

“Ndagarutse!” Ubutumwa bwa Ronaldo Bwakanguye Isi ya Ruhago nyuma yo Gutsinda Ibitego Bibiri

Nyuma yo gutsinda ibitego bibiri mu mukino Portugal yatsinzemo Uzbekistan ibitego 5-0 mu ijoro (…)

AS Kigali yegukanye Ntarindwa Aimable uzwiho ubuhanga n’imyitwarire myiza

AS Kigali yamaze kwemeza ko yasinyishije umukinnyi wo hagati Ntarindwa Aimable amasezerano (…)

Beyoncé yatangaje impamvu Jay-Z yatangiye gutereka umusatsi

Umuraperi w’icyamamare Jay-Z yakoze igikorwa cyihariye cyo gushyigikira umukobwa we Blue Ivy (…)

Zari Hassan yasubije abamunenga ku mateka ye y’urukundo

Umunyamideli akaba n’umushoramari w’Umunya-Uganda, Zari Hassan, yongeye kuvuga ku bitekerezo (…)

Reyntjens Mu Majwi Y’Impaka Nyuma Yo Kubazwa Uko Anenga U Rwanda ataruzi

Umuhanga mu mateka na politiki yo mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Filip Reyntjens, yongeye kuvugwaho (…)

Umukino w’u Bufaransa na Iraq wanditse amateka nyuma yo guhagarara amasaha arenga abiri

Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa yabonye itike ya 1/16 cy’Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo (…)