skol
fortebet

Imyidagaduro

Nyuma y’imyaka itatu ahunze abo yari afitiye amadeni, Samusure yagarutse mu Rwanda

Samusure wari umaze imyaka itatu yimukiye muri Mozambique ahunze amadeni y’arenga miliyoni 11 (…)

Umukinnyi wa filime James Van Der Beek yapfuye

Umukinnyi wa filime James Van Der Beek wamamaye muri filime nka ‘Dawson’s Creek’, ’Varsity (…)

Mowzey Radio yitabye Imana yitegura kwimukira mu Rwanda

Ziza Bafana wari inshuti magara ya Mowzey Radio yahishuye ko mbere y’uko uyu muhanzi yitaba (…)

KNC yikomye abakinnyi bose bakina Shampiyona y’u Rwanda ndetse anemeza ko nawe azakora nk’ibyo APR FC yakoze

Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC, yikomye abakinnyi bakina (…)

Joan Laporta ushaka gukomeza kuyobora FC Barcelone yeguye

Joan Laporta i Estruch wari Perezida wa FC Barcelone yeguye kuri izi nshingano kugira ngo abone (…)

Sano Panda na Yvan Mpano bagiye gususurutsa abakundana ku munsi wa Saint Valentin

Umuhanzi akaba n’umuproducer, umucuranzi ndetse n’umukinnyi wa filime uzwi nka SANO PANDA, (…)

Ben na Chance bagiye gukorera igitaramo gikomeye muri BK Arena kuri Pasika

Abaramyi bakunzwe cyane mu Rwanda, Ben na Chance, batangaje ko bagiye gukorera igitaramo (…)

Chairman w’Icyubahiro wa APR FC yahumurije abakinnyi mbere yo guhura na Al Hilal SC

Chairman w’Icyubahiro wa APR FC, Gen. Mubarakh Muganga, yahumurije abakinnyi mbere yo guhura na (…)

Sempoma utoza Team Rwanda yijeje kuzegukana ‘Maillot Jaune’ muri Tour du Rwanda 2026

Umutoza wa Team Rwanda, Sempoma Félix, yatangaje ko we n’abakinnyi be bafite intego yo kwambara (…)

Ubuhamya bw’uwatakaje ibiro 108 agasigarana uruhu rurenze ku mubiri rw’ibiro 10 rwamubabazaga cyane

Ana Alonso yamaze imyaka myinshi ahanganye n’ikibazo cyo gukunda kurya cyane, ari na byo (…)

Rumaga yaciye amarenga y’imikoranire na Ali Kiba

Umusizi Rumaga Junior ukomeje kwagura imikorere ye yaciye amarenga y’uko haba hari imikoranire (…)

Impamvu ahazaza h’ubuhanzi n’umuco muri Afurika hashingiwe ku gushora mu mpano, atari ku kuzamura izina gusa

Urwego rw’ubuhanzi n’umuco muri Afurika ruragenda rugaragara cyane ku rwego mpuzamahanga. (…)

Gloria Bugie yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga

Umunyarwandakazi Gloria Bugie ukorera umuziki muri Uganda, yateje ururondogoro muri icyo gihugu (…)

Bamporiki yagaragaje ko ashyigikiye ibitaramo bya Bruce Melodie na The Ben

Bamporiki Edouard abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yagaragaje ko ashyigikiye guhuza (…)

Lewis Hamilton na Kim Kardashian bongeye guca amarenga k’uko bari mu rukundo

Kim Kardashian wamenyekanye cyane mu bijyanye n’imideli n’ibiganiro byo kuri televiziyo ndetse (…)