skol
fortebet

Imyidagaduro

Bruce Melodie agiye kwerekeza muri Tanzania

Bruce Melodie ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo yitwa Pom Pom, iri mu ziharawe muri (…)

Davis D yahishuye ipfundo ry’umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element

Davis D yahishuye ko umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element ushingiye ku kuba uyu musore (…)

Igisubizo cya Miss Nishimwe Naomie ku wibajije impamvu ataratwita

Miss Nishimwe Naomie yutse inabi umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga wibajije impamvu (…)

Sly Dunbar wacurangiye Bob Marley na Peter Tosh yapfuye

Lowell Fillmore wamamaye nka "Sly" Dunbar kubera ubuhanga bwe mu kuvuza ingoma, ndetse akaba (…)

Abahanga basaba abakundana kwitegura no kumenyana neza mbere yo kubana mu gihe gatanya zikomeje kwiyongera

Abahanga mu by’imibanire y’abantu n’ubuzima bwo mu mutwe bavuga ko kwitegura nabi no kutamenyana (…)

Ku bo nababaje bose! Ibaruwa ifunguye ya Kanye West yisegura

Kera kabaye, Kanye West yashyize yemera ko yaranzwe no guhuzagurika mu mitekerereze, mu ngiro no (…)

Intanga z’umugabo ntabwo zishira - Papa Sava ku bibaza impamvu adashaka umugore

Niyitegeka Gratien benshi bamenye nka Seburikoko cyangwa se Papa Sava, yavuze ko abatewe (…)

Prophet Joshua yazinutswe gutanga amafaranga mu ruhame

Heradi Sefu Josué uzwi nka Prophet Joshua yongeye gusaba imbabazi Abanyarwanda agaragaza ko (…)

Bwa mbere Chorale de Kigali igiye kuyoborwa n’umugore

Nyuma y’imyaka 60 Chorale de Kigali ishinzwe, yabonye Perezida w’umugore ugiye kuyiyobora mu (…)

Ntabwo mbazi - Shizzo yihakanye Bwiza na Nyambo bari mu birori byatangije ubukwe bwe

Umuraperi Hakizimana Ishimwe Agappe wamamaye nka Shizzo yatangaje ko atazi umuhanzikazi Bwiza (…)

A$AP Rocky yahishuye ko we na Rihanna bashobora kubyara abana 12

A$AP Rocky yagaragaje ko we na Rihanna bashobora kuzabyara abana benshi ku buryo bazageza ku (…)

Alyn Sano yizeye kunguka izindi nshuti muri Calfornia

Umuhanzikazi nyarwanda Alyn Sano ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yitabiriye inama (…)

The Ben yatunguwe no guhura bwa mbere na ‘Papa Sava’ nyamara amaze imyaka 30 akurikira ibihangano bye –AMAFOTO

Umukinnyi wa filime umaze imyaka 30 mu buhanzi, Niyitegeka Gracien wamamaye nka Papa Sava, (…)

Iby’abagabo narabibonye, nari mpfuye - Miss Muyango yakomerekejwe n’urukundo yahozemo

Uwase Muyango Claudine wegukanye ikamba rya Miss Photogenic muri Miss Rwanda 2019, yatangaje ko (…)

U Rwanda na Mauritanie byiyemeje gukorana mu miyoborere n’iterambere rya Ruhago

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri (…)