skol
fortebet

Imyidagaduro

Ni umusizi, umuganga, atuye muri Amerika: Ibyo wamenya kuri Rètine ugiye gukora ubukwe na Prosper Nkomezi [AMAFOTO]

Umuhanzi uri mu bakomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi, yatangaje (…)

Adel Amrouche ntakiri Umutoza w’Amavubi

Umunya-Algeria Adel Amrouche wari Umutoza Mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’ (…)

Prosper Nkomezi yambitse impeta umukunzi we [AMAFOTO]

Umuhanzi Prosper Nkomezi umaze kwamamara mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yambitse (…)

Urukiko rwatesheje agaciro ikirego Chris Brown yarezemo Warner Bros

Urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwakuyeho ikirego umuhanzi Chris Brown yari (…)

Yategereje imyaka irindwi: Isimbi Model yahishuye ko yabanje kubura urubyaro

Isimbi Vestine wamamaye nka Isimbi Model n’umugabo we, Shaul Hatzir, batangiye umwaka wa 2026 (…)

Mariya Yohana na Muyango bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka igihugu hizihizwa ubutwari n’ubumwe bw’Abanyarwanda

Abahanzi b’inararibonye mu muziki nyarwanda, Mariya Yohana na Muyango Jean Marie, bagiye kongera (…)

Umusore w’i Kayonza, bikekwa ko yiyahuye kubera Rayon Sports yanyagiwe na APR FC

Umusore w’imyaka 26 wari usanzwe atuye mu Karere ka Kayonza yasanzwe amanitse mu gisenge cy’inzu (…)

Element ni we Munyarwanda uzaba ikirangirire ku Isi- Tom Close

Tom Close uri mu bahanzi bamaze igihe mu muziki w’u Rwanda yahamije ko Element EleéeH ariwe (…)

Yapfiriye mu mpanuka y’indege amaze iminsi mike abirose

Umuhanzi w’icyamamare muri Colombia, Yeison Jiménez, yapfiriye mu mpanuka y’indege yabaye ku wa (…)

Ijambo ‘Nyash’ ryashyizwe mu nkoranyamagambo ya Oxford

Ijambo ‘Nyash’ rimaze kumenyerwa cyane mu bihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati, (…)

Korali Alliance ADEPR Gisenyi yakanguriye abantu kurushaho kwegera Imana [VIDEO]

Korali Alliance ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Gisenyi ikundwa cyane kubera indirimbo yayo (…)

IShowSpeed yasize inkuru i Kigali

IShowSpeed, umwe mu bantu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga uri mu Rwanda, yagaragarijwe (…)

IShowSpeed yasusurukije abafana muri Stade Amahoro

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr. wamamaye nka IShowSpeed, uri mu Rwanda, yageze muri Stade (…)

Hakozwe inzara zishobora guhindurwa mu mabara 400

Ikigo cya iPolish gikora inzara, cyakoze inzara zishobora guhindurirwa ibara bidasabye ko umuntu (…)

The Ben yashimiye abakunzi be babanye na we mu bihe ‘bikomeye’

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yageneye abakunzi b’umuziki we ubutumwa bw’ishimwe ku (…)