Abafana ba Diamond bavuga ko adahinduye imikorere bazamurambirwa
Yanditswe: Saturday 11, Mar 2017
P-Funk Majani umutanzaniya utunganya indirimbo(Producer), avuga ko Diamond n’itsinda ry’umuziki rya Wasafi nibadahindura uburyo bw’imikorere abantu bazabarambirwa vuba.
Nk’uko urubuga rwa Bongo5 rubitangaza, uyu mugabo avuga ko iri tsinda ririmo gukora neza, ariko ngo kugira ngo abantu bose babiyumvemo banakomeze kubakunda bagomba kuzana injyana nshya cyangwa bakinjizamo abahanzi bashya.
Ngo ku uruhande rwa Diamond we nk’umuntu mukuru agomba kujya acishamo abantu bakamuburaho gato akagaruka (...)
P-Funk Majani umutanzaniya utunganya indirimbo(Producer), avuga ko Diamond n’itsinda ry’umuziki rya Wasafi nibadahindura uburyo bw’imikorere abantu bazabarambirwa vuba.
Nk’uko urubuga rwa Bongo5 rubitangaza, uyu mugabo avuga ko iri tsinda ririmo gukora neza, ariko ngo kugira ngo abantu bose babiyumvemo banakomeze kubakunda bagomba kuzana injyana nshya cyangwa bakinjizamo abahanzi bashya.
Ngo ku uruhande rwa Diamond we nk’umuntu mukuru agomba kujya acishamo abantu bakamuburaho gato akagaruka bamukumbuye, naho bitabaye ibyo abantu bazamuhararukwa vuba.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *