skol
fortebet

Aho uzajya hose nzagukurikira!Shaddyboo akomeje kuryoherwa n’urukundo(AMAFOTO)

Yanditswe: Thursday 02, Jun 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mbabazi Shadia umunyamideri wamamaye ku izina rya Shaddyboo hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo akomeje kugaragaza ko aryohewe n’urukundo arimo n’umusore witwa Manzi ndetse ko yiteguye kumukurikira aho yajya hose.

Sponsored Ad

Nyuma y’igihe kitari gito uyu mubyeyi w’abana babiri atagaragaza uwo umutima waba warihebeye kugeza ubu ntasiba gusangiza abamukurikira umusore waje kuzuza inzozi ze.

Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram ahashyirwa ubutumwa bumara amasaha 24 gusa Shaddyboo yongeye gushiraho amafoto y’umusore y’ihebeye nindi isa naho bashushanyije maze agira ati"uzahora uri igice kinini cyanjye aho uzajya hose ibyo uzakora byose nzagukurikira wahinduye uburyo natekerezaga ndagusezeranya nzabikora".

Uyu musore ni umwe mu basore Shaddyboo yaba yaragaragaje ndetse agashimangira ko bari mu rukundo ashize amanga nyuma yo gutandukana na Meddy Salleh wahoze ari umugabo we banabyaranye abana babiri.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa