Ama G The Black yakoze indi ndirimbo isekeje cyane (YIREBE HANO)
Yanditswe: Thursday 04, May 2017
Umuhanzi Nyarwanda uzwi ku izina rya Ama G The Black ubusanzwe umenyereweho udushya no gusetsa mu ndirimbo ubu yashyize hanze indi ndirimbo hanze irimo amagambo asekeje aho agaruka yikoma abakobwa.Indirimbo akaba yayise Lipstick.
Ni nyuma yuko nubundi akunze kwibasira abakobwa mu ndirimbo zigiye zitandukanye..harimo nkizamenyekanye “Care.Ikiryabarezi nizindi..aho yazaga nubundi yikoma abakobwa bamwe na bamwe bafite imico itandukanye itari myiza ku bahungu.
Ubwo yakoraga izi ndirimbo uko (…)
Umuhanzi Nyarwanda uzwi ku izina rya Ama G The Black ubusanzwe umenyereweho udushya no gusetsa mu ndirimbo ubu yashyize hanze indi ndirimbo hanze irimo amagambo asekeje aho agaruka yikoma abakobwa.Indirimbo akaba yayise Lipstick.
Ni nyuma yuko nubundi akunze kwibasira abakobwa mu ndirimbo zigiye zitandukanye..harimo nkizamenyekanye “Care.Ikiryabarezi nizindi..aho yazaga nubundi yikoma abakobwa bamwe na bamwe bafite imico itandukanye itari myiza ku bahungu.
Ubwo yakoraga izi ndirimbo uko ari ebyiri Ama G The Black ntiyigeze abyumva kimwe n’abakobwa muri rusange…ariko we agakomeza kugenda amengura nubundi amabanga yabo mu ndirimbo..Ari nabwo kugeza nanubu akibatsimbarayeho muri iyi ndirirmbo yashyize hanze yise “Lipstick”.Ubundi kubatazi Lipstick..ni bya bintu abakobwa basiga ku munwa by’amabara atandukanye..nibyo byitwa “Lipstick”.
Si ibyo gusa kuko mubyukuri iyi ndirimbo ya Ama G yise Lipstick,haba mu myandikire yewe no mu buryo bw’imiririmbire wumvako ari ibintu bisekeje pe…Kandi nanone umuntu yabwira Ama G ngo nakomerezaho kuko asa naho yahinduye n’imirapire..!
REBA HASI MAZE WUMVE INDIRIMBO NSHYA YA AMA G:
Martin MUNEZERO
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *