Batweretse impamvu batwawe imitima n’abagabo bakuze-Bya bintu ntibyoroshye[AMAFOTO+VIDEO]
Yanditswe: Saturday 18, Jul 2020
Hari imvugo yakoreshwaga ivuga ngo “Hubaka urukundo”. Impamvu mvuze ngo yakoreshwaga ni uko muri iyi minsi umubare munini w’abakobwa birengagije iyo mvuga ahubwo bumva ko umugabo ari ushoboye gutunga urugo kabone nubwo waba utamukunda ngo bigera aho bikaza.
Mu kiganiro umunyamakuru wa Umuryango yagiranye n’abakobwa 2 bakina muri Film Makanika ica kuri youtube channel ya Makanika mubi cyane,bamutangarije ko abo bita bakuru babo bafite aho bageze mu buzima kandi banashikamye mubyo barimo, ikindi ngo iyo akunze umukobwa amwitaho bitandukanye n’ukiri muto mu myaka.
Kubijyanye no kuba umukobwa yaterwa ipfunwe n’umugabo ukuze Fofo avuga ko nta pfunwe byamutera mu gihe ariwe yahisemo ndetse byageze no kurwego rwo kubana ngo uwabimubwira yazajya umusubiza ngo “Umusaza mumundekere ni uwanjye”.
REBA HASI IKIGANIRO TWAGIRANYE
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *