
Bianca wamamaye mu itangazakuru mu Rwanda, yibwe imodoka ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Kamena 2025, aho bayibiye mu rugo.
Amakuru IGIHE ifite ni uko iyi modoka yo mu bwoko bwa Hyundai yibwe ndetse ikiri gushakishwa. Amakuru akomeza avuga ko uyu mukobwa, yibiwe imodoka
Bianca yavuze ko ari umukozi wo mu rugo wamwibye imodoka ku wa 11 Kamena 2025. Ati “Imodoka yibwe n’umwe mu bakozi bakoreraga mu rugo, namaze kubimenyesha RIB iri kubikurikirana."
Bianca kuri ubu ni umunyamakuru kuri SK FM, mu gihe yanatangije ikiganiro cye gitambuka kuri shene ye ya YouTube ndetse agakora no ku ISIBO TV.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *