skol
fortebet

Bimwe mu bimenyetso bizakwereka umukobwa wagukunze ariko akabura aho ahera abikubwira

Yanditswe: Thursday 12, May 2022

featured-image

Sponsored Ad

Bimenyerewe ko akenshi abahungu aribo batera intambwe ya mbere mu kugaragaza amarangamutima yabo ariko kimwe abantu bakunze kwirengagiza nuko abakobwa nabo bagira amarangamutima nubwo bagorwa no kubivuga hari bimwe mu bimenyetso bagaragaza bishobora kukwereka ko yagukunze ahubwo yabuze aho aguhera.

Sponsored Ad

Bimwe mu bimenyetso bishobora ku kwereka ko umukobwa yagukunze ahubwo yabuze aho ahera abivuga.

1. Akugira Inama z’Ubuzima

Nuganira n’umukobwa wakubengutse uzajya wumva arimo kukugira inama z’ubuzima, akwereka icyo wakora kikakugirira akamaro n’icyo utagomba gukora. Ibi kandi ntabwo azabikora yabifatiye umwanya munini ahubwo azabikubwira igihe mu

2. Agusaba ko musohokana

Mushobora kuba mwari inshuti zisanzwe, mukorana , mwigana se cyangwa hari ibindi bintu bibahuza , nyuma ukumva atangiye kujya agusaba ko mwasohoka mwenyine .

3. Azakubwira ko Akunda Imico Yawe

Umukobwa nakubwira ko yikundira imico yawe azaba akubwiye ko agukunda. Nibwo buryo bwe bwo kuvuga ko agukunda

4. Agerageza kugusetsa no kugusekera

Umukobwa wagukunze ntiyifuza kukubona ubabaye n’umunsi n’umwe, bityo bigatuma yumva yakubwira amagambo agushimisha rimwe na rimwe akabikora kugira ngo akubone useka.

5. Ibimenyetso by’umubiri

Nubona umukubwa yinjiye ahantu uri akakwicira ijisho atavuze, akagukubita agashyi, akagukora mu mugongo ujye umenya ko hari ikintu kidasanzwe arimo kukwereka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa