skol
fortebet

Bimwe mubyo utabonye ku mukino wa APR FC yatsinzemo Azam FC

Yanditswe: Monday 26, Aug 2024

featured-image

Sponsored Ad

Mbere y’uko umukino wahuje APR FC na Azam FC utangira, hari udushya twagiye tugaragara harimo no kuba ikipe ya Azam FC yarikanze amarozi.

Sponsored Ad

Mbere y’uko APR FC ikina umukino wo kwishyura na Azam FC w’ijonjora rya mbere rya CAF Champions League, iyi kipe yagaragaje gusa niyikanga amarozi.
Ni umukino wabereye kuri Stade Amahoro kwa Gatandatu tariki 24 Kanama 2024 aho ikipe ya APR FC yatsinze Azam FC ibitego 2-0 ,ndetse iyisezerera kugiteranyo cy’ibitego 2-1.
Mbere Azam FC yohereje abakozi bayo gusukura aho bari bateguriwe bagasukamo amazi ,bitewe nuko batari bahizeye.
Ibi kandi byatumye batinda gutangira kwishyura mbere y’umukino bitwe no gutinda kwinjira mu rwambariro.
Mu bindi byagaragaye hamo no kuba ikipe ya Azm FC mu gihe cyo gusohoka bava mu rwambariro bajya kwishyushya , banze kunyura mu nzira isanzwe bateguriwe banyura ahandi, bigaragara ko hari icyo batinyaga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa